Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyapolitiki Ukomeye Ruswa Y’Igitsina Imukozeho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umunyapolitiki Ukomeye Ruswa Y’Igitsina Imukozeho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 March 2021 6:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uwari usanzwe ari Visi Perezida wa Kabiri wa Zimbabwe Kembo Mohadi yeguye nyuma yo gushinjwa itonesha rishingiye ku gutsina. Yabikoze mu rwego rwo kwirinda gutesha agaciro Guverinoma ya Zimbabwe.

Mohadi yari Visi Perezida wa kabiri. Uwa mbere ni Gen  Constantino Chiwenga, bombi bari bungirije  Emmerson Mnangagwa wagiye ku butegetsi muri 2018.

Mohadi yavuze ko yahisemo kwegura mu rwego rwo kwirinda gutesha agaciro Umukuru w’igihugu na Guverinoma yose.

Ibinyamakuru byo muri kiriya gihugu byari bimaze igihe byandika ko Mahidi afitanye ubucuti bwihariye bwaganishije ku mibonano mpuzabitsina ndetse harimo n’abo akoresha mu kazi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mohadi ahakana ibyo ashinjwa, akavuga ko ari umugambi w’abanyapolitiki batamushaka ku mwanya arimo.

Hari raporo yasohowe n’ikinyamakuru kitwa Zim News ivuga ko hari abagore yatse ruswa y’igitsina kugira ngo babone akazi.

Perezida wa Kabiri wa Zimbabwe Kembo Mohadi yeguye

Uyu munyapolitiki avuga ko azarega mu nkiko kiriya kinyamakuru.

TAGGED:featuredIgitsinaMohadiPerezidaRuswaZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urukiko Rw’Ikirenga Rwimutse, Ubushinjacyaha Nibwo Butahiwe
Next Article Irinde Kugura Firigo Ihenze Ikangiza N’Umwuka Uhumeka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?