Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwanda Sahabo Yabaye Umukinnyi W’Ukwezi Wa Standard Liège
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umunyarwanda Sahabo Yabaye Umukinnyi W’Ukwezi Wa Standard Liège

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 February 2024 4:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Sahabo ni Umunyarwanda ukina muri Standard de Liège imwe mu makipe akomeye yo mu Bubiligi.

Yagizwe umukinnyi w’ukwezi nyuma yo guhigika abo bahatanaga barimo Marlon Fossey, William Balikwisha, Bodart Arnaud na  Moussa Djenepo.

Umutoza mukuru w’iyi kipe witwa Ivan Leko yaje kubona ko Shahabo azi gukina neza, ahitamo kumugeza ku bandi bayobozi ba Standards de Liège kugira ngo barebe niba yayikinira.

Ni nyuma yo kwitegereza uko yakinaga ari ahitwa Malaga muri Espagne.

Sahabo ahembwe nyuma yo gukina imikino ine, harimo umwe ikipe ye yakinnye na Borussia Dortmund indi itatu ayikina mu kiswe Jupiler Pro League.

Uyu Munyarwanda ukiri muto kandi yakinnye umukino na Kortrijk ndetse yitwara neza imbere y’amakipe ya  Dortmund, Cercle Brugge na Royal Antwerp.

Mu mukino na Dortmund yamaze iminota 60 mu kibuga; umukino ukaba wararangiye ari ibitego3-3, nyuma akina undi mikino wahuje ikipe ye na Kortrijk urangira ari 1 cya Liège ku busa bw’iyo bari bahanganye.

Umukino yakinnye na Cercle Brugge kandi warangiye ikipe ye itsinze 1-1, biranganya.

Undi mukino yakinnye na Royal Antwerp warangiye awitwayemo neza kuko yakinnye iminota 73 yose.

Mbere y’uko ajya muri Standard de Liège Sahabo yari amaze gukina seasons ebyiri muri Shampiyona y’abafite munsi y’imyaka 19 yo mu Bufaransa yitwa Ligue 1 .

Yakiniraga  LOSC Lille.

TAGGED:featuredSahaboUbubiligiUmunyarwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubyiruko Rw’u Rwanda Ruri Kwigishwa Kuba Abayobozi
Next Article Perezida Wa Namibia Yapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?