Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwanda Sahabo Yabaye Umukinnyi W’Ukwezi Wa Standard Liège
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umunyarwanda Sahabo Yabaye Umukinnyi W’Ukwezi Wa Standard Liège

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 February 2024 4:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Sahabo ni Umunyarwanda ukina muri Standard de Liège imwe mu makipe akomeye yo mu Bubiligi.

Yagizwe umukinnyi w’ukwezi nyuma yo guhigika abo bahatanaga barimo Marlon Fossey, William Balikwisha, Bodart Arnaud na  Moussa Djenepo.

Umutoza mukuru w’iyi kipe witwa Ivan Leko yaje kubona ko Shahabo azi gukina neza, ahitamo kumugeza ku bandi bayobozi ba Standards de Liège kugira ngo barebe niba yayikinira.

Ni nyuma yo kwitegereza uko yakinaga ari ahitwa Malaga muri Espagne.

Sahabo ahembwe nyuma yo gukina imikino ine, harimo umwe ikipe ye yakinnye na Borussia Dortmund indi itatu ayikina mu kiswe Jupiler Pro League.

Uyu Munyarwanda ukiri muto kandi yakinnye umukino na Kortrijk ndetse yitwara neza imbere y’amakipe ya  Dortmund, Cercle Brugge na Royal Antwerp.

Mu mukino na Dortmund yamaze iminota 60 mu kibuga; umukino ukaba wararangiye ari ibitego3-3, nyuma akina undi mikino wahuje ikipe ye na Kortrijk urangira ari 1 cya Liège ku busa bw’iyo bari bahanganye.

Umukino yakinnye na Cercle Brugge kandi warangiye ikipe ye itsinze 1-1, biranganya.

Undi mukino yakinnye na Royal Antwerp warangiye awitwayemo neza kuko yakinnye iminota 73 yose.

Mbere y’uko ajya muri Standard de Liège Sahabo yari amaze gukina seasons ebyiri muri Shampiyona y’abafite munsi y’imyaka 19 yo mu Bufaransa yitwa Ligue 1 .

Yakiniraga  LOSC Lille.

TAGGED:featuredSahaboUbubiligiUmunyarwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubyiruko Rw’u Rwanda Ruri Kwigishwa Kuba Abayobozi
Next Article Perezida Wa Namibia Yapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?