Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwenya Fred Omondi Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umunyarwenya Fred Omondi Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 June 2024 12:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Murumuna w’icyamamare mu gusetsa, Eric Omondi,  nawe wari usanzwe ari umunyarwenya witwa Fred Omondi yitabye Imana nyuma y’impanuka yabaye ku mugoroba wo ku wa gatanu.

Bamujyanye ku bitaro bya Mama Lucy ariko biranga arapfa.

Fred Omondi ari mu bazamukiye cyane mu bikorwa by’urwenya bya Churchill Show, ari naho yemenyekaniye cyane  mbere y’uko atangira gukora ibitaramo bye byo gusetsa.

Mukure Eric Omondi ari mu bazwi kurusha abandi muri Kenya no mu Karere ariko muri iki gihe arasa nushaka kugana muri Politiki kuko amaze iminsi agaragara mu bakora ubuvugizi ku bibazo by’abaturage harimo n’ibiciro byo hejuru.

Abanyarwenya batandukanye bo muri Kenya n’ahandi batangaje ko bababajwe n’urupfu rwa mugenzi wabo.

Umwe  muri bo witwa Terence yavuze ko yafataga nyakwigendera nk’umuvandimwe kuko bahuriye kenshi mu kazi ko gusetsa abantu.

Anamushimira ko ari mu bagize uruhare rugaragara mu kuzamura impano ye.

Kuri X yanditse ati: “ Ubwo ntari mfite aho njya yaranyakiriye, ampa umwanya kandi aranyishyura, twese hamwe twagiye dutangira ibitaramo byo gusetsa dukora mu matsinda”.

Imikorere yabo myiza yatumye bamamara cyane bitangiza n’ikiganiro bise Churchill Show.

Hari n’ikiganiro cyabo cya mbere cy’urwenya cyatambukaga kuri televiziyo ya KTN.

TAGGED:GusetsaKenyaOmondi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ambulance 80 Zigiye Gusaranganywa Ibitaro Byo Mu Rwanda
Next Article Politiki Y’Ejo Hazaza Ikwiye Kuruta Iy’Ejo Hashize- Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

You Might Also Like

Imyidagaduro

DJ Toxxyk Hari Ibyo Yemeye Mu Rukiko Ibindi Arabihakana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kenya: Inzovu Yari Ambasaderi W’Inzoga Yitwa Tusker Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?