Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyasudani Y’Epfo Wavuzweho Kuburirwa Irengero Yarabonetse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umunyasudani Y’Epfo Wavuzweho Kuburirwa Irengero Yarabonetse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 March 2024 12:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri X Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari Umunyasudani y’Epfo waburiwe irengero mu Rwanda atari byo ahubwo yari yagiye gusura mugenzi we ararayo.

Iby’uko yaburiwe irengero byatangajwe n’uwiyise Pontifex Gingo wari watabaje inzego z’umutekano w’u Rwanda avuga ko hari umunyeshuri wiga amategeko ukomoka muri Sudani y’Epfo waburiwe irengero.

Uyu muntu cyangwa iri tsinda kuri X bigaragara ko bibanda ku bibera muri Sudani y’Epfo no ku baturage b’iki gihugu baba mu mahanga.

Nyuma yo kumutabariza, nta gihe kinini cyatambutse Polisi ihita itangaza ko uwo mukobwa yabonetse kwa mugenzi we yari yagiye gusura.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubutumwa bwayo bwagiraga buti: “Umunyeshuri ukomoka muri Sudani y’Epfo wiga amategeko ntabwo yaburiwe iregero. Yasuye mugenzi we (umukobwa) w’inshuti ye bigana w’Umunyarwandakazi ararayo.”

The South Sudan Law Student was not missing. Apparently, she had visited her Rwandan friend and classmate (female) and stayed overnight.

Thank you https://t.co/EDQb53QUsx

— Rwanda National Police (@Rwandapolice) March 16, 2024

Bikimara kumenyekana ko uwo mukobwa yabonetse kuri rwa rubuga rwa Pontifex Gingo hatambutse ubundi butumwa bushimira Polisi kubera umuhati wayo mu gucunga umutekano w’Abanyarwanda n’abandi barutuye.

TAGGED:PolisiSudaniUmuturage
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abana B’i Kayonza Batsinze Irushanwa Mu Ikoranabuhanga Bazabishimirwa N’Akarere
Next Article Mu Mibare: Nyagatare Niyo Ifite Abafite Ubumuga Benshi Mu Burasirazuba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?