Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyasudani Y’Epfo Wavuzweho Kuburirwa Irengero Yarabonetse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umunyasudani Y’Epfo Wavuzweho Kuburirwa Irengero Yarabonetse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 March 2024 12:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri X Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari Umunyasudani y’Epfo waburiwe irengero mu Rwanda atari byo ahubwo yari yagiye gusura mugenzi we ararayo.

Iby’uko yaburiwe irengero byatangajwe n’uwiyise Pontifex Gingo wari watabaje inzego z’umutekano w’u Rwanda avuga ko hari umunyeshuri wiga amategeko ukomoka muri Sudani y’Epfo waburiwe irengero.

Uyu muntu cyangwa iri tsinda kuri X bigaragara ko bibanda ku bibera muri Sudani y’Epfo no ku baturage b’iki gihugu baba mu mahanga.

Nyuma yo kumutabariza, nta gihe kinini cyatambutse Polisi ihita itangaza ko uwo mukobwa yabonetse kwa mugenzi we yari yagiye gusura.

Ubutumwa bwayo bwagiraga buti: “Umunyeshuri ukomoka muri Sudani y’Epfo wiga amategeko ntabwo yaburiwe iregero. Yasuye mugenzi we (umukobwa) w’inshuti ye bigana w’Umunyarwandakazi ararayo.”

The South Sudan Law Student was not missing. Apparently, she had visited her Rwandan friend and classmate (female) and stayed overnight.

Thank you https://t.co/EDQb53QUsx

— Rwanda National Police (@Rwandapolice) March 16, 2024

Bikimara kumenyekana ko uwo mukobwa yabonetse kuri rwa rubuga rwa Pontifex Gingo hatambutse ubundi butumwa bushimira Polisi kubera umuhati wayo mu gucunga umutekano w’Abanyarwanda n’abandi barutuye.

TAGGED:PolisiSudaniUmuturage
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abana B’i Kayonza Batsinze Irushanwa Mu Ikoranabuhanga Bazabishimirwa N’Akarere
Next Article Mu Mibare: Nyagatare Niyo Ifite Abafite Ubumuga Benshi Mu Burasirazuba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Abanyarwanda Icyo Bakwiyemeza Nticyabananira- Maj Gen (Rtd) Jack Nziza

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gisagara: Ikamyo Ya Howo Yishe Abana Babiri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Umutekano W’Abana Urenze Indyo Yuzuye-Umuyobozi wa UNICEF Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?