Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyasudani Y’Epfo Wavuzweho Kuburirwa Irengero Yarabonetse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umunyasudani Y’Epfo Wavuzweho Kuburirwa Irengero Yarabonetse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 March 2024 12:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri X Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari Umunyasudani y’Epfo waburiwe irengero mu Rwanda atari byo ahubwo yari yagiye gusura mugenzi we ararayo.

Iby’uko yaburiwe irengero byatangajwe n’uwiyise Pontifex Gingo wari watabaje inzego z’umutekano w’u Rwanda avuga ko hari umunyeshuri wiga amategeko ukomoka muri Sudani y’Epfo waburiwe irengero.

Uyu muntu cyangwa iri tsinda kuri X bigaragara ko bibanda ku bibera muri Sudani y’Epfo no ku baturage b’iki gihugu baba mu mahanga.

Nyuma yo kumutabariza, nta gihe kinini cyatambutse Polisi ihita itangaza ko uwo mukobwa yabonetse kwa mugenzi we yari yagiye gusura.

Ubutumwa bwayo bwagiraga buti: “Umunyeshuri ukomoka muri Sudani y’Epfo wiga amategeko ntabwo yaburiwe iregero. Yasuye mugenzi we (umukobwa) w’inshuti ye bigana w’Umunyarwandakazi ararayo.”

The South Sudan Law Student was not missing. Apparently, she had visited her Rwandan friend and classmate (female) and stayed overnight.

Thank you https://t.co/EDQb53QUsx

— Rwanda National Police (@Rwandapolice) March 16, 2024

Bikimara kumenyekana ko uwo mukobwa yabonetse kuri rwa rubuga rwa Pontifex Gingo hatambutse ubundi butumwa bushimira Polisi kubera umuhati wayo mu gucunga umutekano w’Abanyarwanda n’abandi barutuye.

TAGGED:PolisiSudaniUmuturage
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abana B’i Kayonza Batsinze Irushanwa Mu Ikoranabuhanga Bazabishimirwa N’Akarere
Next Article Mu Mibare: Nyagatare Niyo Ifite Abafite Ubumuga Benshi Mu Burasirazuba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Yafunze Uwasabaga Abantu Kujyana Amafaranga Mu Rusengero Ngo Bakubirwe

Ubusugire Bw’Igihugu Bushingjye No Kubo Mufatanya- Kagame

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

Ubuyapani: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe 

Hakenewe Miliyari $ 50 Zo Gusana Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

Abanyarwanda Tugomba Kubaho Kuko Ni Impano Y’Imana- Kagame

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwamagana: Uruganda SteelRwa Rukomeje Kuba Ikibazo Ku Buzima Bw’Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ku Manywa Y’Ihangu Bibye Inzu Ndangamurage Ya Mbere Ikomeye Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

U Rwanda Rugiye Kwakira Inama Y’Abagaba Bakuru B’Ingabo Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?