Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umupolisi Yambuye Abamotari Amafaranga Ayahonga Indaya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umupolisi Yambuye Abamotari Amafaranga Ayahonga Indaya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 August 2022 8:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umupolisi ukora mu ishami rishinzwe umutekano mu muhanda aherutse gutabwa muri yombi akurikiranyweho kwambura abamotari amafaranga kugira ngo atabahanira amakosa y’imikoreshereze y’umuhanda arangije ajya kuyahonga indaya.

Uyu mupolisi usanzwe ukorera mu Murwa mukuru w’u Bwongereza yafashwe nyuma y’isesengura ry’amakuru abayobozi be bari bamaze iminsi babona atangwa na cameras zo ku muhanda ndetse n’andi yatangwaga n’abamotari mu buryo bw’ikoranabuhanga.

Nta mazina ye aratangazwa kugeza ubu ariko amakuru avuga ko buriya bujura yabukoreshaga imodoka ya Polisi ariko idafite ibiyiranga bigaragarira buri wese.

Amafaranga yakusanyaga yayajyanye mu ndaya nk’uko The Sun yabyanditse.

Ishami rya Polisi y’u Bwongereza rishinzwe kurwanya ruswa niryo ryamufashe.

Abapolisi bo muri iri shami bamwatse telefone ye ngo bayigenzure , barebe n’uburyo yakoresheje murandasi mu minsi myinshi yabanjirije ifatwa rye.

The Sun itangaza ko uretse no kuba akukiranyweho biriya byaha, hari n’indi dosiye akurikiranyweho.

Iyo ni iyo gukorana n’abagizi ba nabi b’ahitwa Midlands.

TAGGED:AmafarangaBwongezafeaturedIndayaUmupolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yvan Buravan YATABARUTSE
Next Article Bigize Abatumirwa Biba Muri Kigali Convention Center Na Marriot
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?