Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuraperi DMX Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Umuraperi DMX Yapfuye

Last updated: 14 April 2021 4:12 pm
Share
SHARE

Umuraperi DMX yapfuye ku myaka 50, nyuma y’iminsi mike ajyanywe mu bitaro kubera uburwayi bw’umutima.

Umuryango w’uyu mugabo ubusanzwe witwa Earl Simmons watangaje ko ubabajwe n’urupfu rwe. Yaguye mu bitaro bya White Plains aho yari yarashyizwe ku byuma bimufasha guhumeka.

Uyu mugabo yajyanywe mu bitaro mu cyumweru gushize nyuma yo kugira ibibazo by’umutima ari iwe mu rugo, i New York.

Yasohoye album nyinshi zakunzwe cyane zirimo “…And Then There Was X,” yasohotse mu 1999. Yanakinnye muri filime nyinshi zirimo “Romeo Must Die” na “Cradle 2 The Grave.”

Ubwamamare bwe ariko mu minsi ishize bwavangiwe cyane no gukoresha ibiyobyabwenge bashyize ubuzima bwe mu kaga ku rwego rukomeye, ndetse mu 2017 aza gukatirwa gufungwa umwaka umwe kubera ibyaha byo kunyereza imisoro.

TAGGED:DMX
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yashyikirijwe Raporo Ku Ruhare Rw’u Bufaransa Muri Jenoside
Next Article Polisi Yafashe Bamwe Mu Binjizaga Urumogi Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Hari Icyo Sena Yifuza Ku Banyarwanda Baba Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu RwandaPolitiki

Kagame Yongeye Gukebura Abayobozi Basubiramo Amakosa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?