Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umushinjacyaha Arasobanurira u Rwanda Aho Ibya Kayishema Bigeze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umushinjacyaha Arasobanurira u Rwanda Aho Ibya Kayishema Bigeze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 July 2023 2:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umushinjacyaha mukuru w’Urwego rwasigariyeho urukiko rwari rwarashyiriweho gukurikirana abakoze Jenoside mu Rwanda Serge Brammertz arasura u Rwanda kugira ngo ageze ku bayobozi aho iby’urubanza rwa Fulgence Kayishema bigeze.

Brammertz azarangiza uruzinduko rwe taliki 28, Nyakanga, 2023.

Fulgence Kayishema aherutse gufatirwa muri Afurika y’Epfo yabaga yariyoberanyije, akora akazi ko kurindira umutekano urwuri rw’aho.

Kayishema ashinjwa uruhare rutaziguye yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Nyange( ni mu Karere ka Ngororero), icyo gihe akaba yari umupolisi mukuru.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu biganiro bye, Serge Brammertz azaganira n’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, abayobozi mu nzego zitandukanye ndetse n’abahagarariye IBUKA.

Intego ye nkuru ni ukubwira abo muri izo nzego uko urubanza rwa Kayishema ruri kugenda kuva yafatwa.

Azababwira kandi n’aho iby’urubanza rwa Kabuga rugeze.

Amakuru kandi avuga ko azaganira na Minisitiri  w’ubutabera Dr. Emmanuel Ugirashebuja, Minisitiri w’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu Dr. Jean-Damascène Bizimana, Umushinjacyaha mukuru, Aimable Havugiyaremye n’Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye.

TAGGED:AbatutsiBrammertzfeaturedJenosideKayishemaUmushinjacyahaUrubanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abana 11 B’Abakobwa Bagwiriwe N’Inzu
Next Article Musanze: Visi Meya Yeguye Kubera Iby’Abakono
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?