Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umushinjacyaha Arasobanurira u Rwanda Aho Ibya Kayishema Bigeze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umushinjacyaha Arasobanurira u Rwanda Aho Ibya Kayishema Bigeze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 July 2023 2:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umushinjacyaha mukuru w’Urwego rwasigariyeho urukiko rwari rwarashyiriweho gukurikirana abakoze Jenoside mu Rwanda Serge Brammertz arasura u Rwanda kugira ngo ageze ku bayobozi aho iby’urubanza rwa Fulgence Kayishema bigeze.

Brammertz azarangiza uruzinduko rwe taliki 28, Nyakanga, 2023.

Fulgence Kayishema aherutse gufatirwa muri Afurika y’Epfo yabaga yariyoberanyije, akora akazi ko kurindira umutekano urwuri rw’aho.

Kayishema ashinjwa uruhare rutaziguye yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Nyange( ni mu Karere ka Ngororero), icyo gihe akaba yari umupolisi mukuru.

Mu biganiro bye, Serge Brammertz azaganira n’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, abayobozi mu nzego zitandukanye ndetse n’abahagarariye IBUKA.

Intego ye nkuru ni ukubwira abo muri izo nzego uko urubanza rwa Kayishema ruri kugenda kuva yafatwa.

Azababwira kandi n’aho iby’urubanza rwa Kabuga rugeze.

Amakuru kandi avuga ko azaganira na Minisitiri  w’ubutabera Dr. Emmanuel Ugirashebuja, Minisitiri w’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu Dr. Jean-Damascène Bizimana, Umushinjacyaha mukuru, Aimable Havugiyaremye n’Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye.

TAGGED:AbatutsiBrammertzfeaturedJenosideKayishemaUmushinjacyahaUrubanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abana 11 B’Abakobwa Bagwiriwe N’Inzu
Next Article Musanze: Visi Meya Yeguye Kubera Iby’Abakono
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?