Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusore W’I Kayonza Yicishije Nyina Ishoka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umusore W’I Kayonza Yicishije Nyina Ishoka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 September 2021 12:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Kagari ka Kirehe, Umurenge wa Kabare mu Karere ka Kayonza haravugwa inkuru y’umusore witwa Jean Pierre Rugerinyange wishe Nyina amukubise ishoka. Uyu musore yari asanzwe agira ikibazo cyo mu mutwe.

Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Kagari ka Kirehe witwa Liliane Niyonsenga avuga ko iyi ari inshuro ya kabiri uriya musore yica umuntu kuko no mu mwaka wa 2014 yabikoze.

Ngo ubwo we n’abandi bayobozi batabaraga, basanze uriya mukecuru yapfuye ariko umuhungu we Rugerinyange yiyicariye ku kazuba anywa agatabi.

Ati: “ Twasanze nta kibazo afite rwose ubona ko ibyo yakoze ntacyo bimubwiye, mbese nk’uko undi wese urwaye mu mutwe yabigenza.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Liliane Niyonsenga avuga ko Nyina w’uriya musore yitwa Coletta Ntabuntu, akaba yari akimurera.

Niyonsenga ati: “ Ni umuntu wa kabiri yishe kuko no mu mwaka wa 2014 yishe undi. Yari amaze igihe adafata imiti yo kwa muganga.”

Jean Pierre Rugerinyange uvugwaho gukora kiriya cyaha ngo yari amaze igihe runaka adafata imiti yo kwa muganga, bikaba bicyekwa ko ari byo byaba byatumye akora ibyo yakoze.

Taarifa yahamagaye nomero yashyizwe ku rubuga rw’ibitaro by’i Ndera bivura indwara zo mu mutwe kugira ngo tubabaze uko bigenda kugira ngo umuntu urwaye mu mutwe asubizwe mu bandi ariko iyo nomero ntiyaciyemo.

Itegeko riteganya Ibyaha n’ibihano muri rusange     Ingingo ya 85: ivuga ko byizrwa Impamvu zituma hatabaho uburyozwacyaha ivuga ko umuntu ataryozwa icyaha iyo:

- Advertisement -

1 º Ushinjwa ari umwana utarageza ku myaka cumi n’ine (14) y’amavuko;

2 º Ushinjwa yari afite uburwayi bwo mu mutwe mu gihe yakoraga icyaha;

Uwitesheje ubwenge yabishatse mu gihe cyo gukora icyaha aryozwa icyaha yakoze n’ubwo yaba yaratesheje ubwenge atagambiriye gukora icyaha.

 

TAGGED:AkagarifeaturedKayonzaKireheUmurwayi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda FDA Yahagaritse Ikinyobwa ‘Cyatangiye Kunyobwa’ Muri 2009
Next Article Muri DRC Mugiga Imaze Gutuma Abantu 129 Bapfa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?