Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusuwisi Yatwaye Etape Ya 6, Mugisha Ava Muri Tour Du Rwanda 2023
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umusuwisi Yatwaye Etape Ya 6, Mugisha Ava Muri Tour Du Rwanda 2023

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 February 2023 1:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umusuwisi Matteo Badilatti niwe wegukanye etape ya gatandatu yavaga i Rubavu ijya i Gicumbi. Ni intera ya 157Km. Hagati aho Umunyarwanda Mugisha Moise wegukanye etape ya 8 muri Tour du Rwanda ya 2022, yamaze kuva muri Tour du Rwanda ya 2023.

Yari arimo asiganwa na bagenzi be bashaka gutwara etape ya gatandatu, iri kuva i Rubavu yerekeza i Gicumbi.

Kugeza ubu Mugisha niwe Munyarwanda wenyine  ufite aka gahigo nyuma y’uko Tour du Rwanda ishyizwe ku gipimo cya  2.1.

 Kuri uyu wa Kane, umunya Afurika y’Epfo witwa Callum Ormiston niwe watwaye agace ka gatanu ka Tour du Rwanda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni nyuma y’urugendo rwavaga i Rusizi bagana i Rubavu baca i Karongi.

Mu muhanda umukinnyi kabuhariwe witwa Froome yagize ikibazo, basimbuza ipine ry’igare rye.

Ku wa Gatatu Umufaransa Thomas Bonnet ukinira ikipe ya Total Energies nawe yegukanye agace ka Musanze-Karongi kareshya na Kilometero 138,3.

Yake akurikira Umunya Eritrea witwa Henok Mulubrhan wegukanye agace ka gatatu ka Tour du Rwanda kavaga i Huye kajya i Musanze.

Ni ko gace karekare kurusha utundi twose duteganyijwe muri iri rushanwa ribaye ku nshuro ya 15.

- Advertisement -

Hari ku ntera ya  intera ya Kilometero 199,5.

Ethan  Vernon niwe watwaye agace ka mbere n’aka kabiri.

 

TAGGED:IsiganwaMugishaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubushinwa Bwatangaje Uko Bubona Intambara Ya Ukraine Yarangira
Next Article Ibihugu Bikize Kurusha Ibindi Muri Afurika Birashinjwa Iyezandonke
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

AI: Igikoresho Cy’Ingirakamaro Ku Munyamakuru Uzi Icyo Ashaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Twatanze Imbanzirizamushinga Y’amahoro Twifuza Muri DRC- Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?