Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusuwisikazi Niwe Watsinze Agace Ka Mbere Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Igare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Umusuwisikazi Niwe Watsinze Agace Ka Mbere Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Igare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 September 2025 1:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Marlen Reusser w’imyaka 34 niwe wegukanye Shampiyona y’Isi mu gusiganwa n’ibihe (Individual Time Trial-ITT), nyuma yo gukoresha iminota 43 n’amasegonda 9 ku ntera y’ibilometero 31,2.

Inyuma ye hakurikiyeho Umuholandikazi, Anna van der Breggen amurusha amasegonda 51,89.

Marlen Reusser ni Umusuwisikazi wavutse mu mwaka wa 1991 akaba asanzwe ari nawe mugore wa mbere wihuta mu gutwara igare kurusha abandi ku isi.

Abamuzi bavuga ko yatangiye gutwara igare kinyamwuga akiri umunyeshuri wa Kaminuza.

Yatangiye kwitabira amarushanwa mu mwaka wa 2017 ubwo yitabiraga irushanwa ryayo iwabo mu Busuwisi, hakaba hari nyuma gato yo guhabwa icyemezo cy’uko yujuje ibisabwa byose ngo yitabire amarushanwa yo gusiganwa ku magare.

Asanzwe ari umuganga wabyigiye muri Kaminuza.

Anna van der Breggen we ni Umuholandikazi wavutse mu mwaka wa 1990 akaba nawe yarabigize umwuga kuko yabitangiye mu mwaka wa 2009.

Mu mwaka wa 2016 yatwaye umudali wa Olimpiki mu mikino yaberaga i  Rio de Janeiro muri Brazil  ndetse yatwaye irushanwa Giro d’Italia Femminile ryaberaga mu Butaliyani.

Hagati y’umwana wa 2018 ndetse n’uwa 2020, yatwaye irushanwa ry’isi ry’amagare mu bagore.

Umunyarwandakazi waje imbere ni Nirere Xaveline waje ku myanya wa 27.

Niwe Munyarwandakazi waje imbere y’abandi ariko aza ku mwanya wa 27 muri rusange.
TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Trivia Elle Muhoza Yabaye Miss Uganda
Next Article Burundi: Abanyamakuru Bigenga Bahejwe Mu Nteko Ishinga Amategeko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?