Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umutekano Wakajijwe Aho Radio Y’Uburundi Ikorera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umutekano Wakajijwe Aho Radio Y’Uburundi Ikorera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 September 2023 4:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Burundi hari amakuru avuga ko Polisi  n’ingabo z’Uburundi boherejwe ku bwinshi aho radio na television z’iki gihugu bakorera.

Kugeza ubu nta makuru aratangazwa kuri uko kugaragara ‘kudasanzwe’ cy’abashinzwe umutekano hafi ya radio na television by’iki gihugu kigeze kubamo coup d’etat mu mwaka wa 2015 igapfuba.

Ikinyamakuru SOS Media Burundi kivuga ko abasirikare n’abapolisi benshi bageze aho radio na television by’Uburundi bikorera ku wa Kane mu masaha ashyira igicamunsi.

Nta bisobanuro byigeze bihabwa abakorera icyo kigo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ndetse ngo no mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 15, Nzeri, 2023, haramukiye imodoka zihetse imbunda ziremeye zo mu bwoko bwa machine guns.

Abasirikare baje muri kiriya gice ni abagize umutwe wihariye witwa Brigade Spéciale de la Protéction des Institutions(BSPI).

Bari bazanye imbwa kabuhariwe mu gusaka kandi ngo imodoka nke nizo zemerewe kwinjira mu kigo gikoreramo radio na television by’Uburundi.

Hari umunyamakuru ukorera kimwe mu binyamakuru mpuzamahanga bikorera mu Burundi  uvuga ko hamaze iminsi hari ‘ubwoba bw’ikintu runaka’ gishobora kuhaba.

Turakomeza gukurikirana iyi nkuru…

- Advertisement -

Ifoto@ SOS Media Burundi

TAGGED:BujumburaBurundiPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakozi Ba APR FC Bashinjwe Gushaka Kuroga Abakinnyi Ba Kiyovu Sports
Next Article Uwahoze Ayobora RCA Akurikiranyweho Ibyaha By’Ubugome-RIB
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?