Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umutingito Washegeshe Ubushinwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umutingito Washegeshe Ubushinwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 December 2023 1:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage bo mu misozi miremire yo mu Majyaruguru y’Uburengerezuba bw’Ubushinwa bari mu kaga katewe n’umutingito wahitanye abantu 118 ariko bashobora kuza kwiyongera.

Itangazamakuru ryo mu Bushinwa rivuga ko uyu mutingito ari wo uhitanye abantu benshi mu myaka 10 ishize.

Wari ufite igipimo cya 6.2 ku gipimo cya Ritcher.

Si inzu gusa zahirimye ahubwo  hari n’inkangu zahirimanye  imiturirwa yo muri ako gace.

Abibasiwe cyane ni abo mu Ntara ya Qinghai, ubu abantu 113 nibo bapfuye ariko hari n’abandi 20 baburirwe irengero mu gihe abakomeretse barenga 500.

Iki nicyo gice kibasiwe cyane

Mu gitondo abantu 105 nibo bari bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’uriya mutingito.

Ni umutingito wageze mu bice bya Lanzhou, mu Ntara ya Gansu.

Abanyeshuri bo muri Kaminuza yo mu gace ka Lanzhou baraye biruka bahunga ngo inyubako z’iyo Kaminuza zitabagwira.

Mu mwaka wa 2013 mu Bushinwa habaye undi mutingito wahitanye 196.

Amateka yerekana ko umutingito wahitanye abantu benshi mu Bushinwa wabaye mu mwaka wa 2008 icyo gihe ukaba warahitanye abantu 90,000.

TAGGED:AbantuBushinwafeaturedUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kurandura Ihohotera Bisaba Kubanza Kumva Neza Icyo Ari Cyo- DIGP Ujeneza
Next Article Perezida Kagame Yatanze Ipeti Rya Major General Ku Bajenerali Bane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?