Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umutoza Mukuru Ashima Ko Rayon Ikibitse Igikombe Yayihesheje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Umutoza Mukuru Ashima Ko Rayon Ikibitse Igikombe Yayihesheje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 July 2024 10:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Robertinho uherutse gusinya ko agiye kongera gutoza Rayon avuga ko kugaruka agasanga mu bubiko bwayo kimwe mu bikombe yayihesheje ari iby’agaciro.

Yaraye abitangaje nyuma yo gusinya amasezerano yo kuyitoza ku yindi nshuro kuko mu myaka yatambutse nabwo yabikoze.

Yagize ati: “Kugera ku biro bya Rayon Sports nkahasanga igikombe nayihesheje mu mwaka wa 2019 bintera ishema. Intego ni ugusubira mo ayo mateka no muri uyu mwaka. Imana ibidufashe mo.”

Roberto Oliviera Goncalves (Robertinho) yigeze gutoza Rayon mu myaka icyenda ishize.

Muri iyo myaka yigeze guha ikiganiro Kigali Today ababwira ko hari amakuru azi kuri Maradona wabaye umukinnyi w’umupira w’amaguru uri mu bazibukwa kurusha abandi babayeho ku isi.

Mu mwaka wa 1995 nibwo Robertinho yaharitse gukina.

Yabwiye itangazamakuru ko mu gihe cye hari ubwo bakinaga umupira bagamije kwishimisha no kuwimenyereza kuko batahembwaga.

Ku byerekeye uko ibye na Rayon Sports bihagaze muri iki gihe, ubu afite umwungirije witwa  Quanane Sellami, akaba yaraye asinyiye kuzayitoza mu gihe cy’umwaka umwe, iby’amasezerano bafitanye bigasubirwamo.

TAGGED:RayonUmutoza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubushita Bw’lnkende Bwageze N’i Burundi
Next Article Abanyarwandakazi Batatu Bamaze Gupfira Muri Oman Mu Gihe Gito
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rugiye Kwikira Inama Y’Abayobora Amashuri Ya Gisirikare Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?