Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umutoza Seninga arafunzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umutoza Seninga arafunzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 January 2021 10:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru ku wa Gatandatu yafatiye umutoza wa Musanze FC mu birori ari kumwe n’abandi bantu 12 banyoye inzoga kandi batubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru yari agifungiye kuri station ya Polisi y’Umurenge wa Muhoza.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru Chief Inspector of Police(CIP) Alexis Rugigana yabwiye Taarifa ko Polisi yasanze Seninga ari kumwe n’abandi bantu mu rugo rw’umuturage bari kunywa irabafata.

Abajijwe impamvu Innocent Seninga ataciwe amande ngo arekurwe, CIP Rugigana yatubwiye ko agifunzwe kuko hari irindi perereza bakimukoraho.

Ati: “ Aracyafunzwe kuko hari irindi perereza tukimukoraho. Afungiye kuri Station ya Muhoza.”

Kwatambara  neza agapfukamunwa, kunywera mu ngo… biracyatiza umurindi COVID-19

CIP Rugigana avuga ko muri rusange abatuye Musanze birinda COVID-19 ariko ko hakiri abantu bakigaragaraho imyitwarire yatiza umurindi ubwandu bwa COVID-19 harimo kutambara neza agapfukamunwa no kunywera mu ngo abantu ari benshi.

Ikindi ni uko abaturage batubahiriza ibwiriza ryo guhana intera ikwiye  kandi yagenwe n’inzego z’ubuzima.

Yasabye abaturage gukomeza kuzirikana ko COVID-19 ihari kandi yica bityo bakayirinda.

Seninga ari muri aba
TAGGED:COVID-19featuredMuhozaMusanzePolisiRugiganaSeninga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Limbé Aho Amavubi Acumbitse Hateye Hate ?
Next Article Burundi: Perezida Ndayishimiye avugako icyo bapfa n’uRwanda bakizi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?