Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umutoza W’Amavubi Ati: “ Mbabajwe N’Uko Tuvuyemo Rugikubita”
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umutoza W’Amavubi Ati: “ Mbabajwe N’Uko Tuvuyemo Rugikubita”

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 September 2022 1:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Carlos Alos Ferrar akaba umutoza mukuru w’Amavubi yabwiye itangazamakuru ko yababajwe no kuba Ikipe ye ivuyemo hakiri kare. Ni nyuma y’uko Amavubi atsinzwe na Ethiopia mu mukino wari buyajyane mu mikino ya CHAN izaba muri Mutarama, 2023. Kuri we ngo gutsindwa kw’Amavubi kwatewe  ni imyiteguro idahagije kuko nta mukino wa gicuti bigeze bakina ngo ubategurire kuzakina na Ethiopia.

Yavuze ko n’ubwo batsinzwe ariko intego bari bahagurukanye bajya mu mukino ubanza wabereye Dar es- salaam muri Tanzania yagezweho kuko yari ukugarira neza ntibatsindwe.

Abajijwe niba  kuba hari abakinnyi babanje mu kibuga kandi byagaragaraga ko imikinire yabo iri hasi, yasubije abanyamakuru ko we atari uko abibona.

Yahereye kuri Niyonzima Olivier Sefu  avuga ko yakurikiranye imikinire ye ubwo yakinaga Super Coupe  abona ari umukinnyi mwiza yakwifashisha.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Naho ku ruhande rwa  Rwatubyaye wari umaze igihe adakina kubera imvune, Carlos Alos Ferrar yavuze ko yagerageje kureba imikinire ye yifashishije ikoranabuhanga, abona nawe nta kibazo azateza.

Ndetse ngo no mu kibuga aho bakoreraga umwiherero,yabonaga ari ku rwego rwiza bityo ubunararibonye afite bwari bubafashe.

Yashimye uko Ethiopia yakinnye.

Ati: “Ethiopia ni ikipe nziza, ni ikipe nkuru ni ikipe ikomeye kandi imaze imyaka irenga ibiri abakinnyi bayo batorezwa hamwe. Kuba idukuyemo yari ibikwiriye gusa icyo nemera cyo ni uko natwe dufashe umwanya tugategura neza, hari byinshi byahinduka tukagera kure.”

#Huye here we are to support #AmavubiYacu #Amavubi #Rwanda 🇷🇼 pic.twitter.com/Rt1hs42kEP

— NKURANGA Alphonse (@Nkurangalphonse) September 3, 2022

- Advertisement -

Umutoza mukuru w’Amavubi avuga ko kugira ngo agere kure mu mikino mpuzamahanga, ari ngombwa ko ahabwa umwanya, agakina imikino ihagije itegura amarushanwa makuru.

Yavuze ko ntacyo yahindura igihe ibyo yavuze haruguru bitaba bikozwe kuko we icye ni ugutoza gusa.

TAGGED:AmavubifeaturedIkipeRwandaRwatubyayeUmutoza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Liz Truss: Undi Mugore Ugiye Kuba Minisitiri W’Intebe W’u Bwongereza
Next Article Ni Nde Ukwiye Kubazwa Iby’Ubucucike Bukabije Mu Magereza Y’U Rwanda?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?