Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi Wa Islamic State Yishwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umuyobozi Wa Islamic State Yishwe

Last updated: 03 February 2022 4:19 pm
Share
Iyi nyubako ni yo yaguyemo umuyobozi wa Islamic State
Iyi nyubako ni yo yaguyemo umuyobozi wa Islamic State
SHARE

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ko Abu Ibrahim al-Hashimi al-Qurayshi wayoboraga umutwe wa Islamic State yishwe, mu gitero cyagabwe mu majyaruguru ya Syria.

Amakuru yatangajwe avuga ko al-Qurayshi yaturikije igisasu cyahise kimuhitana hamwe n’abagize umuryango we. Hemejwe ko abantu 13 bapfuye harimo abagore n’abana.

Perezida wa Amerika Joe Biden yatangaje ko ku mabwiriza yatanze, uriya mugabo yishwe mu ijoro ryakeye. Ni igitero cyamaze amasaha abiri.

Biden yavuze ko cyari kigamije kuburizamo iterabwoba, kurengera abaturage ba Amerika n’inshuti zayo no kugira ngo isi irusheho gutekana.

Ati “Kubera ubumenyi n’umurava by’ingabo zacu, twabashije kuvana mu ntambara Abu Ibrahim al-Hashimi al-Qurayshi – umuyobozi wa ISIS. Abanyamerika bose bavuye muri icyo gikorwa amahoro.”

Muri icyo gitero kandi indege ya Amerika yaje kwangirika, bituma abasirikare bayituritsa mbere yo kuhava.

Iki gitero gikozwe mu gihe Islamic State yari ikomeje kwisuganya, nyuma y’uko mu minsi ishize yigaruriye gereza imwe mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Syria.

Al-Quraishi yagizwe umuyobozi wa IS ubwo Abu Bakr al-Baghdadi wayishinze yari amaze kwicwa mu Ukwakira 2019, na we aturikanywe n’ibisasu yateze.

Al-Qurayshi yishwe
TAGGED:Abu Bakr al-BaghdadiAbu Ibrahim al-Hashimi al-QurayshiIslamic State
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyihariye Ku Ruzinduko Rw’Isaha Imwe Perezida Kagame Yagiriye i Nairobi
Next Article Filozofe Prof Nzeyimana Ati: ‘ Coup d’Etat Ikorwa Ahantu Hari Icyuho Runaka’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ubufaransa: Minisitiri W’Intebe Utarumazeho Ukwezi YEGUYE

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?