Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwambaro Jordan Yambaraga Mu Kibuga Waguzwe Miliyoni $10.1
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umwambaro Jordan Yambaraga Mu Kibuga Waguzwe Miliyoni $10.1

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 September 2022 1:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bisa n’aho ari wo mwambaro uhenze kurusha indi yose yagurishijwe muri cyamunara mu mateka kuko uyu mwenda wa siporo wa Michael Jordan waguzwe Miliyoni $10.1 ni ukuvuga Miliyari Frw 10.1

Ni muri cyamunara yabaye kuri uyu wa Kane ibera muri New York .

Michael Jordan niwe mukinnyi wa Basketball wabaye icyamamare kandi atunga amafaranga menshi kurusha abandi bose mu mateka.

Yahoze akinira ikipe yitwa Chicago Bulls.

Umwambaro yambaraga warakunzwe cyane. Ndetse mu mwaka wa 1998 ubwo Chicago Bulls yatsinda Utah Jazz amanota 33 mu minota 45 gusa.

Yakomeje kuwambara mu mikino yakurikiyeho, Jordan akomeza kuba icyamamare kubera ko ari we wayitsindiraga ibitego byinshi kandi bitsindanywe ubuhanga kurusha bagenzi be.

Mu myaka 25 yamaze akina Basketball ntawe uramuhiga. Mu kibuga yambaraga Nomero 23.

Inkweto yasize atangije ngo abantu bajye bambara zamwitiriwe bita Jordan sneakers n’ubu zirakunzwe cyane ku  isi  hose.

Izo yambaraga ari mu kibuga ziherutse kugurishwa muri cyamunara zigurwa miliyoni $1.47.

Tekereza umuguru w’inkweto ufite agaciro ka Miliyari Frw 1!

Kuba umwambaro wa Michael Jordan yambaraga akina waraguzwe Miliyoni $ 10.1 byatumwe uba uwa mbere uhenze ku isi nyuma y’uko Kobe Bryant wari uherutse kugurwa Miliyoni $3.7 muri cyamunara.

Ndetse uhenze kurusha uwa Diego Maradona mu mwaka wa 2021 waguzwe muri cyamurana Miliyoni $9.3.

 

Go back

Your message has been sent

Warning
Warning
Warning
Warning

Warning.

TAGGED:BasketJordanUmwambaro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubanza Rwa Bamporiki Rwasubitswe
Next Article Guverineri W’Intara Y’Amajyaruguru Asanga Abayobozi Bakeneye Guhugurwa Ku Mategeko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?