Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwamikazi Elizabeth II Yanduye COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umwamikazi Elizabeth II Yanduye COVID-19

Last updated: 20 February 2022 2:39 pm
Share
SHARE

Ingoro y’Ubwami bw’u Bwongereza, Buckingham Palace, yemeje ko Umwamikazi Elizabeth II yanduye COVID-19, ariko afite ibimenyetso byoroheje bisa n’iby’ibicurane.

Ubuyobozi bw’Ibwami bwatangaje ko uyu mwamikazi w’imyaka 95 azakomeza inshingano ze zoroheje mu ngoro ye Windsor Castle, mu cyumweru gitaha.

Itangazo bwasohoye rikomeza riti “Azakomeza kwitabwaho n’abaganga ndetse azakurikiza amabwiriza akwiriye,”

Abantu banduye COVID-19 mu Bwongereza basabwa kwishyira mu kato nibura iminsi itanu, nubwo Guverinoma iheruka gutangaza ko iteganya kuvanaho ayo mabwiriza mu misi iri imbere.

Umwamikazi yahawe inkingo eshatu za Coronavirus.

Mu minsi ishize umuhungu we mukuru, Igikomangoma Charles, hamwe n’umukazana we Camilla banduye COVID-19.

Gusa Charles yarakize asubira mu mirimo ye isanzwe.

Umwamikazi Elizabeth ni we uyoboye u Bwongereza igihe kirekire, ndetse ku wa 6 Gashyantare yuzuje imyaka 70 ari ku ngoma.

TAGGED:COVID-19featuredu BwongerezaUmwamikazi Elizabeth II
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Alexandre Geniez Yegukaye Agace Ka Mbere Ka Tour du Rwanda 2022
Next Article Uruhare Rw’Ikoranabuhanga Mu Kuzahuka K’Urwego Rw’Imari Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Abanyarwanda Icyo Bakwiyemeza Nticyabananira- Maj Gen (Rtd) Jack Nziza

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Wa Centrafrique Ari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu mahanga

Vietnam: Imyuzure Yishe Abantu 90 Abandi 12 Baburirwa Irengero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?