Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwamikazi Elizabeth II Yanduye COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umwamikazi Elizabeth II Yanduye COVID-19

Last updated: 20 February 2022 2:39 pm
Share
SHARE

Ingoro y’Ubwami bw’u Bwongereza, Buckingham Palace, yemeje ko Umwamikazi Elizabeth II yanduye COVID-19, ariko afite ibimenyetso byoroheje bisa n’iby’ibicurane.

Ubuyobozi bw’Ibwami bwatangaje ko uyu mwamikazi w’imyaka 95 azakomeza inshingano ze zoroheje mu ngoro ye Windsor Castle, mu cyumweru gitaha.

Itangazo bwasohoye rikomeza riti “Azakomeza kwitabwaho n’abaganga ndetse azakurikiza amabwiriza akwiriye,”

Abantu banduye COVID-19 mu Bwongereza basabwa kwishyira mu kato nibura iminsi itanu, nubwo Guverinoma iheruka gutangaza ko iteganya kuvanaho ayo mabwiriza mu misi iri imbere.

Umwamikazi yahawe inkingo eshatu za Coronavirus.

Mu minsi ishize umuhungu we mukuru, Igikomangoma Charles, hamwe n’umukazana we Camilla banduye COVID-19.

Gusa Charles yarakize asubira mu mirimo ye isanzwe.

Umwamikazi Elizabeth ni we uyoboye u Bwongereza igihe kirekire, ndetse ku wa 6 Gashyantare yuzuje imyaka 70 ari ku ngoma.

TAGGED:COVID-19featuredu BwongerezaUmwamikazi Elizabeth II
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Alexandre Geniez Yegukaye Agace Ka Mbere Ka Tour du Rwanda 2022
Next Article Uruhare Rw’Ikoranabuhanga Mu Kuzahuka K’Urwego Rw’Imari Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?