Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwamikazi Elizabeth II Yanduye COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umwamikazi Elizabeth II Yanduye COVID-19

admin
Last updated: 20 February 2022 2:39 pm
admin
Share
SHARE

Ingoro y’Ubwami bw’u Bwongereza, Buckingham Palace, yemeje ko Umwamikazi Elizabeth II yanduye COVID-19, ariko afite ibimenyetso byoroheje bisa n’iby’ibicurane.

Ubuyobozi bw’Ibwami bwatangaje ko uyu mwamikazi w’imyaka 95 azakomeza inshingano ze zoroheje mu ngoro ye Windsor Castle, mu cyumweru gitaha.

Itangazo bwasohoye rikomeza riti “Azakomeza kwitabwaho n’abaganga ndetse azakurikiza amabwiriza akwiriye,”

Abantu banduye COVID-19 mu Bwongereza basabwa kwishyira mu kato nibura iminsi itanu, nubwo Guverinoma iheruka gutangaza ko iteganya kuvanaho ayo mabwiriza mu misi iri imbere.

Umwamikazi yahawe inkingo eshatu za Coronavirus.

Mu minsi ishize umuhungu we mukuru, Igikomangoma Charles, hamwe n’umukazana we Camilla banduye COVID-19.

Gusa Charles yarakize asubira mu mirimo ye isanzwe.

Umwamikazi Elizabeth ni we uyoboye u Bwongereza igihe kirekire, ndetse ku wa 6 Gashyantare yuzuje imyaka 70 ari ku ngoma.

TAGGED:COVID-19featuredu BwongerezaUmwamikazi Elizabeth II
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Alexandre Geniez Yegukaye Agace Ka Mbere Ka Tour du Rwanda 2022
Next Article Uruhare Rw’Ikoranabuhanga Mu Kuzahuka K’Urwego Rw’Imari Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?