Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwarimu W’i Rutsiro Aravugwaho Gusambanya Umwana W’Imyaka 13
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umwarimu W’i Rutsiro Aravugwaho Gusambanya Umwana W’Imyaka 13

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 August 2022 10:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gace kitwa Gahondo mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro haravugwa umwarimu ufite imyaka 30 y’amavuko ukurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 13.

Ubu ari gushikishwa  n’inzego z’umutekano.

Byabereye mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro

Ibi ngo byabaye taliki 13, Kanama, 2022 z’amanywa saa saba.

Umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro, Murekatete Triphose yabwiye IGIHE ko ayo makuru ari impamo kandi ko uriya mwarimu ari gushakishwa k’ubufatanye n’inzego zose.

Yababwiye ati: “Uyu mwarimu akimara kumenya ko amakuru yahawe RIB yahise atoroka ariko ubu turimo kumushakisha kugira ngo aryozwe icyaha akekwaho.  Ababyeyi b’umwana batanze ikirego kuri RIB Sitasiyo ya Kivumu, umwana nawe akaba yajyanywe ku bitaro bya Murunda kwitabwaho.”

Asaba abarimu kurangwa n’indangagaciro na kirazira no kuba abarezi beza bakazirikana ko barerera igihugu cyababyaye ntibonone abo barera.

Mu Cyumweru gishize mu Karere ka Nyamasheke hari  umwarimu wigisha isomo ry’ubutabire mu Rwunge rw’Amashuri rwa Gihinga yatawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 16 yigishaga.

Muri Gicurasi 2022 nabwo mu Karere ka Rubavu umwarimu yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka irindwi yigishaga amasomo y’ikigoroba.

TAGGED:AmashuriRutsiroUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Z’u Burundi Zinjiye Muri DRC Ku Mugaragaro
Next Article Abanyarwanda Basabwe Kudakomeza Kubabaza Bikira Mariya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?