Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Undi Mugabo Ukekwaho Uruhare Muri Jenoside Yakorewe Abatutsi Yafashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Undi Mugabo Ukekwaho Uruhare Muri Jenoside Yakorewe Abatutsi Yafashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 May 2022 4:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari amakuru avuga ko umugabo witwa Major Pierre Claver Karangwa w’imyaka 65 yafatiwe mu Buholandi akekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu mugabo yabaga muri Buholandi guhera mu mwaka 1998.

Yafashwe taliki 11, Gicurasi, 2022 bikozwe na Polisi y’u Buholandi.

Nta yandi makuru turamenya kuri uyu mugabo ariko afashwe mu gihe nta gihe kinini gishize mu Rwanda hagejejwe witwa Jean Paul Micomyiza wahageze  yoherejwe n’ubutabera bwa Suwede.

Nta gihe kinini gishize kandi hatangajwe ko uwashakishwaga uruhindu kubera uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 witwa Protains Mpiranya yapfuye mu mwaka wa 2006.

Yaguye muri Zambia yarahinduye izina biza kumenyekana hashize imyaka igera kuri 20.

Hagati aho kandi hari undi mugabo witwa Felisiyani Kabuga wari ku mwanya wa mbere w’abashakishwaga n’ubutabera mpuzamahanga nawe wafatiwe mu Bufaransa ubu ikaba yaragejejwe imbere y’ubutabera.

Mu mwaka wa 2020 hari inkuru yanditswe na The New Times yavugaga ko Major Pierre Claver Karangwa yabaga mu  Biholandi.

Akurikiranyweho uruhare muri Genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka wa 1994 mu gice kitwaga Bibungo bya Mukinga ubu ni mu Karere ka Kamonyi.

 

TAGGED:BuholandifeaturedJenosideKarangwaMicomyizaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umukuru Wa Leta Zunze Ubumwe Z’Abarabu Yapfuye
Next Article Perezida W’u Burundi Yahaye Abanyamakuru Nomero Ye Bwite
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?