Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: UNHCR Irashaka Kwitambika Umugambi Wo Kohereza Abimukira Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

UNHCR Irashaka Kwitambika Umugambi Wo Kohereza Abimukira Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 March 2024 10:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza byatangaje ko abayobozi ba Komite ya UN ishinzwe impunzi ku isi, UNHCR, basabye Ubwongereza ko bwakwisubira ku mugambi bumaranye igihe wo kohereza abimukira mu Rwanda.

Abayobozi b’iri shami, nk’uko Reuters ibivuga, bavuga ko kuba hari amasezerano yakoranywe n’u Rwanda ngo ruzoherezwemo abimukira ari ikintu bicuza.

Ndetse basaba ko Ubwongereza bwakwisubira kuri iki cyemezo.

Hagati aho ariko Guverinoma z’ibihugu byombi( u Rwanda n’Ubwongereza) zikomeje gushyira ku murongo ibikenewe byose ngo abo bimukira bazaze mu Rwanda ndetse mu gihe gito kiri imbere.

u Rwanda rwo ruvuga ko rwiteguye kubakira neza kandi bakazabaho nk’uko n’Abanyarwanda babayeho muri rusange.

Intego ni uko umwimukira uzashaka kuba mu Bwongereza azabisaba, ubusabe bwe bugasuzumwa, bukaba bwakwemerwa butakwemerwa akaba yareba ahandi bakwemera ko ababera umwenegihugu.

Abazabishaka bazaba Abanyarwanda nk’abandi bose babone ibyo Leta igenera abatuye u Rwanda.

N’ubwo amasezerano y’uburyo ibi bizakorwa yarangije gutunganywa ndetse agasinywa, abo mu rwego rw’ubutebera bo mu Bwongereza bitambitse ibyo kubohereza mu Rwanda bavuga ko hari ibindi bigomba kubanza gutunganywa mu rwego rw’amategeko.

Hagati aho hari gahunda Ubwongereza buri guharanira ko yacamo, iyo ikaba ari iyo kwemeza ko u Rwanda ari ahantu hatekanye ku bimukira, ibyo bikazemezwa binyuze mu gutorwa n’Abadepite.

Byitezwe ko iri tegeko rizemezwa taliki 15, Mata, 2024.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ababyeyi Barasabwa Kurushaho Kwitabira Gukingiza
Next Article Barasaba Leta Kwita No Ku Bana Bafite Autisme
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?