Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urubanza Rwa Dubai Rugiye Gusubirwamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Urubanza Rwa Dubai Rugiye Gusubirwamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2024 5:45 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwanzuye ko iburanisha ry’urubanza Ubushinjacyaha burengamo Nsabimana Jean uzwi nka Dubai, Rwamurangwa Stephen, Mberabahizi Raymond Chrétien, Nyirabihogo Jeanne d’Arc na Nkulikiyimfura Theopiste ryongera kuburanishwa bushya.

Impamvu ni uko ubushinjacyaha bwagaragaje ko hari imitungo y’abaregwa yafatiriwe igomba kubanza gufatwaho icyemezo.

Urukiko rwagaragaje ko rusanga ubwo busabe ari ngombwa kugira ngo ba nyiri iyo mitungo yafatiriwe bagire icyo babivugaho.

Iburanisha ryahise rishyirwa ku wa 23 Gashyantare 2024 saa Tatu za mu gitondo.

Abaregwa bose bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’umudugudu w’Urukumbuzi wubatswe na Dubai guhera mu 2015.

Uyu Mudugudu uherereye mu Murenge wa Kinyinya mu Karere Ka Gasabo, bamwe mu baguze inzu zubatswemo bagiye bagaragaza ko uwazibagurishije yazisondetse, ibintu byatumye Nsabimana Jean atabwa muri yombi.

Ubushinjacyaha bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, rusaba ko abaregwa bahamwa n’ibyaha bakurikiranyweho bitewe n’uruhare rwa buri wese mu ikorwa ry’icyaha.

Nsabimana akurikiranyweho ibyaha bibiri, birimo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha inyandiko mpimbano, bikaba bigize impurirane mbonezamugambi.

TAGGED:featuredNsanzimanaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali: Habonetse Imirambo Itatu Muri Ruhurura Ya Rwampala
Next Article U Rwanda, DRC Byaganiriye Ku Mpamvumuzi Y’Umutekano Muke Mu Karere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yajyanywe Kuri RIB Nyuma Yo Gushaka Kwiyahura Bikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi Rusange

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Bigenda Gute Ngo Umubiri Wakomeretse Wisane?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?