Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urubanza Rwa Dubai Rugiye Gusubirwamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Urubanza Rwa Dubai Rugiye Gusubirwamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2024 5:45 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwanzuye ko iburanisha ry’urubanza Ubushinjacyaha burengamo Nsabimana Jean uzwi nka Dubai, Rwamurangwa Stephen, Mberabahizi Raymond Chrétien, Nyirabihogo Jeanne d’Arc na Nkulikiyimfura Theopiste ryongera kuburanishwa bushya.

Impamvu ni uko ubushinjacyaha bwagaragaje ko hari imitungo y’abaregwa yafatiriwe igomba kubanza gufatwaho icyemezo.

Urukiko rwagaragaje ko rusanga ubwo busabe ari ngombwa kugira ngo ba nyiri iyo mitungo yafatiriwe bagire icyo babivugaho.

Iburanisha ryahise rishyirwa ku wa 23 Gashyantare 2024 saa Tatu za mu gitondo.

Abaregwa bose bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’umudugudu w’Urukumbuzi wubatswe na Dubai guhera mu 2015.

Uyu Mudugudu uherereye mu Murenge wa Kinyinya mu Karere Ka Gasabo, bamwe mu baguze inzu zubatswemo bagiye bagaragaza ko uwazibagurishije yazisondetse, ibintu byatumye Nsabimana Jean atabwa muri yombi.

Ubushinjacyaha bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, rusaba ko abaregwa bahamwa n’ibyaha bakurikiranyweho bitewe n’uruhare rwa buri wese mu ikorwa ry’icyaha.

Nsabimana akurikiranyweho ibyaha bibiri, birimo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha inyandiko mpimbano, bikaba bigize impurirane mbonezamugambi.

TAGGED:featuredNsanzimanaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali: Habonetse Imirambo Itatu Muri Ruhurura Ya Rwampala
Next Article U Rwanda, DRC Byaganiriye Ku Mpamvumuzi Y’Umutekano Muke Mu Karere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?