Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urwego Rw’Igihugu Rw’Igorora Rwakiriye Abakozi Bashya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Urwego Rw’Igihugu Rw’Igorora Rwakiriye Abakozi Bashya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 January 2024 2:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Rwamagana habereye umuhango wo kwakira mu kazi abakozi bato b’umwuga bashya b’Ikigo cy’Urwego rw’Igihugu rw’Igorora, RCS.

Ni abakozi 497 bari bamaze igihe bahugurirwa kubahiriza uburenganzira bwa muntu, ikoreree y’ibigo by’igororero, gucunga umutekano, kwirwanaho kandi byose bikarangwa n’imikorere iboneye.

Ishuri ry’abacunga amagororero y’u Rwanda riba mu Murenge wa Muhazi mu Karere ka Rwamagana.

Riyoborwa na Commissioner of Prisons(CP) John Bosco Kabanda.

Urwego rw’igihugu rw’Igorora, RCS, riba mu nshingano za Minisiteri y’Umutekano mu gihugu iyoborwa na Alfred Gasana.

Ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’uru rwego, hari ubwo abo rwatoje bakomereza muri Polisi y’u Rwanda nk’uko byagenze mu Ukuboza, 2022 ubwo hoherezwaga yo abantu 40.

Uru rwego kandi rwatangiye kwinjiza abacunga amagororero b’umwuga mu mwaka wa 2010.

Umwe mu bayoboye isibo
Bari bakoze amasibo kugira ngo biyereke
Bitoroza mu Murenge wa Muhazi mu Karere ka Rwamagana
Bambaye ingofero zirinda umutwe amasasu
TAGGED:AbacungaGerezaPolisiRwamaganaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Ruhango Harateganywa Kubakwa Ikigo Cy’Ubushakashatsi Ku Mwumbati
Next Article Abagabo B’i Rubavu Barataka Inkoni Z’Abagore Babo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?