Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urwibutso Rwa Jenoside Rwa Kigali Rugiye Kuvugurura Inyubako
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Urwibutso Rwa Jenoside Rwa Kigali Rugiye Kuvugurura Inyubako

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 December 2021 6:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ni ahantu hazaba hatanga umutuzo
SHARE

Nyuma y’igihe higwa uko bizakorwa, ubu byemejwe ko ahantu hicara abantu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi iyo wabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, hagiye kuvugururwa hakubakwa mu buryo bugezweho mu myubakire y’ubu.

Hari igishushanyo mbonera cyasohowe gitanga isura y’uko hariya hantu hazaba hameze.

Aho abantu bari basanzwe bicara hari hafite ubushobozi bwo kwakira abantu 800 bicaye neza, ariko ahavuguruye hazaba hashobora kwicarwa n’abantu 2000 kandi bisanzuye.

Abahanga bakoze igishushanyo mbonera cya hariya hantu hasanzwe hitwa Amphitheatre bagikoze nk’uko Ingoro y’Umwami w’U Rwanda rwa cyera yari isusiye.

Ingoro y’Umwami w’Abanyarwanda iri i Nyanza

Abaje kwibuka bazajya bicara neza kandi bahumeka umwuka mwiza w’ibiti biri hafi aho, bareba indabo z’amabara meza ndetse n’inyoni ziririmbira mu biti.

Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali rwatashywe ku mugaragaro mu mwaka wa 2004.

Nirwo ruruhukiyemo imibiri myinshi y’Abatutsi bazije Jenoside yo mu mwaka wa 1994.

Aha niho hazatunganywa

Hashyinguwe imibiri 259,000 y’Abatutsi bari batuye mu Mujyi wa Kigali n’inkengero zawo.

Nirwo rwibutso rusurwa kurusha izindi ziri mu Rwanda.

Uko niko hazaba hameze nihuzura. Hazajya hakira abantu 2000
TAGGED:featuredGisoziJenosideUrwibutso
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubyiruko Rw’u Rwanda Rurasabwa Kugira Imihigo Nk’Iy’Inkotanyi
Next Article Igice Cya III: Kuki Uganda Yanduranya? Kuki Isuzugura U Rwanda?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?