Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urwibutso Rwa Jenoside Rwa Kigali Rugiye Kuvugurura Inyubako
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Urwibutso Rwa Jenoside Rwa Kigali Rugiye Kuvugurura Inyubako

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 December 2021 6:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ni ahantu hazaba hatanga umutuzo
SHARE

Nyuma y’igihe higwa uko bizakorwa, ubu byemejwe ko ahantu hicara abantu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi iyo wabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, hagiye kuvugururwa hakubakwa mu buryo bugezweho mu myubakire y’ubu.

Hari igishushanyo mbonera cyasohowe gitanga isura y’uko hariya hantu hazaba hameze.

Aho abantu bari basanzwe bicara hari hafite ubushobozi bwo kwakira abantu 800 bicaye neza, ariko ahavuguruye hazaba hashobora kwicarwa n’abantu 2000 kandi bisanzuye.

Abahanga bakoze igishushanyo mbonera cya hariya hantu hasanzwe hitwa Amphitheatre bagikoze nk’uko Ingoro y’Umwami w’U Rwanda rwa cyera yari isusiye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Ingoro y’Umwami w’Abanyarwanda iri i Nyanza

Abaje kwibuka bazajya bicara neza kandi bahumeka umwuka mwiza w’ibiti biri hafi aho, bareba indabo z’amabara meza ndetse n’inyoni ziririmbira mu biti.

Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali rwatashywe ku mugaragaro mu mwaka wa 2004.

Nirwo ruruhukiyemo imibiri myinshi y’Abatutsi bazije Jenoside yo mu mwaka wa 1994.

Aha niho hazatunganywa

Hashyinguwe imibiri 259,000 y’Abatutsi bari batuye mu Mujyi wa Kigali n’inkengero zawo.

Nirwo rwibutso rusurwa kurusha izindi ziri mu Rwanda.

- Advertisement -
Uko niko hazaba hameze nihuzura. Hazajya hakira abantu 2000
TAGGED:featuredGisoziJenosideUrwibutso
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubyiruko Rw’u Rwanda Rurasabwa Kugira Imihigo Nk’Iy’Inkotanyi
Next Article Igice Cya III: Kuki Uganda Yanduranya? Kuki Isuzugura U Rwanda?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?