Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 August 2025 9:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abasifuzi bazajya bahembwa
SHARE

Mu gusobanura ibyo ateganya kuzakora natorerwa kuyobora FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice avuga ko kimwe mu byo ateganya kuzakora natorwa, harimo no guhemba abasifuzi.

Asanga bizafasha mu kunoza imisifurire ivugwamo ruswa no kwigiriza nkana ku makipe amwe namwe.

Ubu harabura iminsi mike ngo hatorwe Umuyobozi mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA.

Shema rero niwe mukandida rukumbi, bivuze ko amahirwe yo kuzatorwa ari yose.

Yabwiye radio  B&B mu kiganiro cyayo cya siporo ko mu byihutirwa azakora natorwa  harimo gukemura ikibazo cy’imisifurire.

Ati: “Ikibazo cy’abasifuzi kizakemurwa biciye mu biganiro no kubashakira uburyo bwo guhembwa. Abasifuzi 32 bo mu cyiciro cya Elite bazatangira guhembwa muri uyu mwaka w’imikino.”

Fabrice Shema Ngoga

Aherutse kuvuga we na bagenzi be  bazagerageza kongera ibikorwaremezo birimo ibibuga kugira ngo abato babone aho bakinira bityo impano zabo zigaragare zizamurwe.

Fabrice Shema Ngoga aherutse kubwira itangazamakuru ko ibihembo biziyongera n’umubare w’amakipe ahembwa ukiyongera kuva ku ikipe yegukanye igikombe cya shampiyona kugeza kuyabaye iya munani.

TAGGED:AbasifuziAmakipeFERWAFANgoga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga
Next Article Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?