Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwa Mbere Yegukanye Moto Muri Tombola Ya Canal +Plus Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Izamamaza

Uwa Mbere Yegukanye Moto Muri Tombola Ya Canal +Plus Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 December 2021 5:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’igihe gito ikigo gicuruza amashusho Canal + Rwanda gitangije tombola ku bakiliya bacyo kugira  ngo uwo asekeye atombore ibintu by’agaciro, kuri uyu wa Kane tariki 23, Ukuboza, 2021 nibwo uwa mbere Olivier Habumugisha yabaye uwa mbere watomboye moto ifite agaciro kagera hafi kuri miliyoni Frw 2.

Iyi Tombola yatangiye tariki 19, Ugushyingo, 2021.

Yashyizweho mu rwego rwo gufasha abakiliya bayo kuryoherwa n’iminsi mikuru.

Marie Claire Muneza ushinzwe itumanaho muri Canal + Rwanda avuga ko abantu bagombye gukomeza gutombola kuko hari indi moto n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga bibagenewe.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubusanzwe umukiliya wa Canal + Rwanda uguze ifatabuguzi ahita ahabwa ubwasisi bw’iminsi 15 areba amashene yose.

Marie Claire Muneza ukora muri Canal + Rwanda avuga ko ibyo gutombola bigihari.

Ako kanya kandi ngo ahita ahabwa amahirwe yo kwinjira muri Tombola imuhesha ibihembo birimo Televiziyo, Telefoni zigezweho, Ikarita zo guhaha, Ifatabuguzi ry’Ubuntu ndetse n’igihembo nyamukuru ari cyo moto nk’uko byagenze kuri uyu wa Kane tariki 23, Ukuboza, 2021.

Uwatsindiye Moto ya mbere witwa Olivier Habumugisha yavuze ko yishimiye kuba atomboye iriya moto ifite agaciro cyegereje miliyoni 2 Frw kandi ko azayikoresha ngo imuteze imbere.

Ati: “ Ndishimye. Nzakomeza ntombole kandi nzabishishikariza n’abandi.”

Jules Wanda ushinzwe ishami ryo kwamamaza no kwita ku bakiliya ba CANAL+ RWANDA yavuze ko ibihembo bigihari ndetse ashimangira ko buri wese uguze ifatabuguzi aba yinjiye muri Tombola ako kanya.

- Advertisement -

Abandi batsinze kuri uyu wa Kane tariki 23, Ukuboza, 2021 ni Eliane Irambona watsindiye Televiziyo igezweho ifite ibyo bita inches 43 ifite agaciro kari hagati ya Frw 350 000 na Frw 400 000.

Undi watomboye nk’ibi ni Noel Habumugisha.

Theoneste Habumugisha we yatomboye guhabwa ifatabuguzi ry’ubuntu ryitwa Ubuki mu gihe cy’ukwezi kumwe.

Yibukije  abantu ko umukiriya wa Canal+ wifuza kugura ifatabuguzi  agana iduka rya CANAL+ rimwegereye cyangwa agakoresha telefoni ngendanwa, aho kuri MTN Mobile Money  akanda *182*3*1*4# n’aho ukoresha Airtel Money agakanda *500*7# cyangwa se Ecobank Mobile App.

TAGGED:Canal +featuredMotoTombola
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu Batatu Bafatanwe Magendu y’Inzoga z’Ibyotsi Za Miliyoni Zisaga 30 Frw
Next Article Umutwe Udasanzwe wa RDF Wasoje Imyitozo i Nasho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?