Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwahoze Ari Minisitiri w’Intebe wa RDC ‘Yarozwe’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uwahoze Ari Minisitiri w’Intebe wa RDC ‘Yarozwe’

admin
Last updated: 20 July 2021 7:54 pm
admin
Share
SHARE

Augustin Matata Ponyo wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo – ubu ni senateri – yatangaje ko abaganga bamusuzumye bagasanga yarozwe, nubwo nta makuru menshi yatangaje.

Kuri uyu wa Kabiri yanditse kuri Twitter ati “Ku Banye-Congo bose n’abatuye isi bose. Ibyabaye birababaje. Ibisubizo by’ibanze by’ikizamini byerekanye ko twaroze. Mudufashe mu masengesho kandi ndabashimira inkunga zanyu zose.”

A tous les congolais et citoyens du monde. C’est bien dommage pour ce qui nous est arrivé. Les résultats préliminaires du test indiquent que nous avons été empoisonné. Union de prières et merci pour tout votre soutien.

— Matata Ponyo Mapon (@Mapon_Matata) July 20, 2021

Matata ari mu bihe bitoroshye kuko akurikiranywe n’Ubushinjacyaha ku byaha byo kuba akiyoboye guverinoma, yarishyuye miliyoni $110 abantu ba baringa byiswe ko ari abanyamahanga bambuwe ibikorwa byabo mu nkubiri yiswe Zaïrianisation, yabaye ku bwa Perezida Mobutu Sese Seko.

Aheruka gutegekwa kuguma iwe mu rugo, ariko ku wa 14 Nyakanga Ubushinjacyaha bwaje gukuraho icyo cyemezo.

Kuri uyu wa Mbere tariki 19 Nyakanga abavoka be bitabye Ubushinjacyaha mu izina rye, nyuma y’uko yari yatumijwe.

TAGGED:Augustin Matata PonyoDRCfeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Icuruzwa Ry’Abanyarwandakazi’ Muri Uganda Ryakomye Rutenderi
Next Article Abarwaye COVID-19 Batakaza Ubushobozi Bwo Guhumurirwa No Gutera Akabariro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?