Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwahoze Ari Minisitiri w’Intebe wa RDC ‘Yarozwe’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uwahoze Ari Minisitiri w’Intebe wa RDC ‘Yarozwe’

Last updated: 20 July 2021 7:54 pm
Share
SHARE

Augustin Matata Ponyo wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo – ubu ni senateri – yatangaje ko abaganga bamusuzumye bagasanga yarozwe, nubwo nta makuru menshi yatangaje.

Kuri uyu wa Kabiri yanditse kuri Twitter ati “Ku Banye-Congo bose n’abatuye isi bose. Ibyabaye birababaje. Ibisubizo by’ibanze by’ikizamini byerekanye ko twaroze. Mudufashe mu masengesho kandi ndabashimira inkunga zanyu zose.”

A tous les congolais et citoyens du monde. C’est bien dommage pour ce qui nous est arrivé. Les résultats préliminaires du test indiquent que nous avons été empoisonné. Union de prières et merci pour tout votre soutien.

— Matata Ponyo Mapon (@Mapon_Matata) July 20, 2021

Matata ari mu bihe bitoroshye kuko akurikiranywe n’Ubushinjacyaha ku byaha byo kuba akiyoboye guverinoma, yarishyuye miliyoni $110 abantu ba baringa byiswe ko ari abanyamahanga bambuwe ibikorwa byabo mu nkubiri yiswe Zaïrianisation, yabaye ku bwa Perezida Mobutu Sese Seko.

Aheruka gutegekwa kuguma iwe mu rugo, ariko ku wa 14 Nyakanga Ubushinjacyaha bwaje gukuraho icyo cyemezo.

Kuri uyu wa Mbere tariki 19 Nyakanga abavoka be bitabye Ubushinjacyaha mu izina rye, nyuma y’uko yari yatumijwe.

TAGGED:Augustin Matata PonyoDRCfeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Icuruzwa Ry’Abanyarwandakazi’ Muri Uganda Ryakomye Rutenderi
Next Article Abarwaye COVID-19 Batakaza Ubushobozi Bwo Guhumurirwa No Gutera Akabariro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?