Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwari Umuhuza Bwite Wa Tshisekedi Na Kagame Yatawe Muri Yombi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uwari Umuhuza Bwite Wa Tshisekedi Na Kagame Yatawe Muri Yombi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 January 2023 9:07 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru aturuka mu Biro by’Umukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo biri ahitwa Gombe avuga ko umwe mu bajyanama bakomeye ba Perezida Tshisekedi wari ushinzwe kumuhuza na mugenzi we Paul Kagame uyobora u Rwanda aherutse gutabwa muri yombi.

Yitwa Fortunat Biselele akaba afite imyaka 51 y’amavuko.

Biselele yari asanzwe ari umujyanama wihariye wa Perezida Tshisekedi.

Yatawe muri yombi taliki 14, Mutarama, 2023 afashwe n’abashinzwe umutekano mu rwego rw’ubutasi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwitwa Agence Nationale de Renséignement(ANR).

Nyuma gato yo kugera mu buroko, yahaswe ibibazo n’umuyobozi mukuru w’uru rwego rw’ubutasi witwa Jean-Hervé Mbelu Biosha.

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yaje kwikiza uriya mugabo bari bamaranye imyaka irenga 20 ari umujyanama we wa bugufi kandi wamuhuje kenshi na Perezida Kagame.

Fortunat Biselele yafatanywe n’undi mugabo nawe ufite izina rikomeye witwa Pacifique Kahasha wari usanzwe ari inkoramutima ya Vital Kamerhe wigeze kuba Umuyobozi w’Ibiro bya Tshisekedi.

Abakurikiranira hafi ibibera muri DRC bavuga ko Biselele ‘ashobora’ kuba yarazize ibyo aherutse kubwira itangazamakuru byerekeye uko umubano w’igihugu cye  n’u Rwanda wari umeze mbere y’uko ibintu bihinduka bakaba nk’uko biri muri iki gihe.

TAGGED:DRCfeaturedTshisekediUbukunguUmujyanamaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hagiye Gushorwa Miliyari Frw 7 Zo Kubaka Ibimoteri Mu Mijyi Yunganira Kigali
Next Article Gusubiza Itangazamakuru Ni Ukwihangana Nka Yobu-Karine Jean Pierre Uvugira Amerika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?