Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwatanze Ubuhamya Bw’Uko Yarokotse Jenoside Yaranduriwe Imyaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uwatanze Ubuhamya Bw’Uko Yarokotse Jenoside Yaranduriwe Imyaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 April 2023 7:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugore witwa Jeannette Mukadisi wo mu Kagari ka Rega Umurenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu yasanze abantu bataremenyekana bashyize indabo ku idirishya ry’inzu ye. Yagenzuye asanga bamennye n’ikirahure ndetse barandura imyaka yeze mu murima we. Nyuma yo kumena idirishya batwaye irido.

Nta gihe kinini cyari gishize atanze ubuhamya bw’uko yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Bigogwe buvuga ko hatangijwe iperereza kuri iki kintu.

Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bigogwe yitwa  Muhirwa Robert.

Avuga ko uriya mugore yaje kubatabaza ahagana saa kumi nyuma yo gusanga bamuranduriye ibishyimbo biri ku biti 30 by’imishingiriro byari hafi kwera neza ngo bisarurwe.

Muhirwa asaba abantu kureka gutoneka abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi kuko iyo ubatonetse uba utonetse n’abandi Banyarwanda muri rusange.

Yibukije abakora buriya bugizi bwa nabi ko Leta y’Ubumwe bw’Abanyarwanda itazihanganira abakora ibikorwa nk’ibyo.

Yasanze bashyize indabo ku idirishya ry’inzu ye n’imyaka bayiranduye( Amafoto@UMUSEKE.RW)

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bwari buherutse gutangaza ko Akarere ka Nyabihu kari mu turere icyenda tutagaragayemo ingengabitekerezo ya Jenoside mu minsi 17 cy’icyunamo iherutse kurangira.

Icyakora igihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi cyo kirakomeje kubera ko gisanzwe kimara iminsi 100.

TAGGED:AbatutsifeaturedJenosideNyabihuUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri W’Intebe W’u Buyapani Yatewe Igisasu
Next Article Haratekerezwa Uko Hakorwa Idolari Ry’Ikoranabuhanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yajyanywe Kuri RIB Nyuma Yo Gushaka Kwiyahura Bikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?