Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwatanze Ubuhamya Bw’Uko Yarokotse Jenoside Yaranduriwe Imyaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uwatanze Ubuhamya Bw’Uko Yarokotse Jenoside Yaranduriwe Imyaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 April 2023 7:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugore witwa Jeannette Mukadisi wo mu Kagari ka Rega Umurenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu yasanze abantu bataremenyekana bashyize indabo ku idirishya ry’inzu ye. Yagenzuye asanga bamennye n’ikirahure ndetse barandura imyaka yeze mu murima we. Nyuma yo kumena idirishya batwaye irido.

Nta gihe kinini cyari gishize atanze ubuhamya bw’uko yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Bigogwe buvuga ko hatangijwe iperereza kuri iki kintu.

Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bigogwe yitwa  Muhirwa Robert.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Avuga ko uriya mugore yaje kubatabaza ahagana saa kumi nyuma yo gusanga bamuranduriye ibishyimbo biri ku biti 30 by’imishingiriro byari hafi kwera neza ngo bisarurwe.

Muhirwa asaba abantu kureka gutoneka abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi kuko iyo ubatonetse uba utonetse n’abandi Banyarwanda muri rusange.

Yibukije abakora buriya bugizi bwa nabi ko Leta y’Ubumwe bw’Abanyarwanda itazihanganira abakora ibikorwa nk’ibyo.

Yasanze bashyize indabo ku idirishya ry’inzu ye n’imyaka bayiranduye( [email protected])

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bwari buherutse gutangaza ko Akarere ka Nyabihu kari mu turere icyenda tutagaragayemo ingengabitekerezo ya Jenoside mu minsi 17 cy’icyunamo iherutse kurangira.

Icyakora igihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi cyo kirakomeje kubera ko gisanzwe kimara iminsi 100.

- Advertisement -
TAGGED:AbatutsifeaturedJenosideNyabihuUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri W’Intebe W’u Buyapani Yatewe Igisasu
Next Article Haratekerezwa Uko Hakorwa Idolari Ry’Ikoranabuhanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?