Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwayoboraga Urwego rw’Ubutasi Muri RDC Akomeje Kuburirwa Irengero
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uwayoboraga Urwego rw’Ubutasi Muri RDC Akomeje Kuburirwa Irengero

Last updated: 15 July 2021 6:18 pm
Share
SHARE

Kalev Mutond wahoze ayobora Urwego rw’Ubutasi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo akomeje kuburirwa irengero. Hari amakuru avuga ko yaba yarahunze igihugu muri Werurwe, 2021.

Uyu mugabo wari ukomeye ku bwa Perezida Joseph Kabila, aheruka gutangira gukurikiranwa n’Ubushinjacyaha ku byaha byo gufunga mu buryo budakurikije amategeko, ubwinjiracyaha bw’ubwicanyi, gutesha agaciro ikiremwamuntu n’ibindi byinshi.

Ashinjwa ko  yabikoze akiyobora Urwego rw’iperereza rwa kiriya gihugu rwitwa Agence Nationale de Renseignement (ANR).

Kuva muri Werurwe, 2021 ntabwo abantu bongeye kumuca iryera. Ubushinjacyaha bwashyiriyeho impapuro zisaba ko atabwa muri yombi, ndetse inzu ye yasatswe inshuro nyinshi ariko kugeza ubu ntarafatwa.

RFI yatangaje ko habonetse amakuru ko kuva mu minsi ishize avugana kuri WhatsApp n’abantu be ba hafi, ababwira ko ari “mu mahanga, mu gihugu kimwe cyo muri Afurika.”

Ntabwo cyatangajwe amazina. Avuga ko atemera ibyo aregwa.

Biteganyijwe ko urubanza rwe ruzaburanishwa ku wa 17 Nyakanga, 2021 n’ubwo adahari.

Gusa Mutond yavuze ko ashobora kuzitabira urubanza rwe, kuko akeneye gutegura uburyo bwo guhanagura icyasha ku izina rye.

TAGGED:featuredJoseph KabilaKalev MutondRDC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ishuri Rigeretse Niyo Nyubako Ndende Mu Murenge Wa Murambi I Karongi
Next Article Ingabo Z’Afghanistan Zirashaka Kwirukana Abatalibani Bazibereye Ibamba!
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?