Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uyobora Paris Yashyize Indabo Ku Rwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abatutsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Kwibuka27

Uyobora Paris Yashyize Indabo Ku Rwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abatutsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 April 2021 2:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Anne Hidalgo uyobora Umurwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, yifatanyije na Ambasaderi w’uRwanda muri kiriya gihugu, Bwana François Xavier Ngarambe bashyira indabo ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri i Paris.

Abandi bari bari muri uyu muhango ni Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa Bwana, Yves Le Drian na Perezida wa IBUKA mu Bufaransa Etiénne Nsanzimana, Perezida wa IBUKA mu Bufaransa,

Madamu Anne Hidalgo uyobora Paris yigeze kuza mu Rwanda, kandi yahavuye asuye n’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi.

Kuri Twitter Madamu Anne Hidalgo  yavuze ko abatuye Paris batazibagira na rimwe abana, abagore, abagabo, abasaza n’abakecuru bazije Jenoside yakorewe Abatutsi bazira gusa ko bavutse ari bo.

Indabo bazishyize mu busitani bwitwa Jardin de la Mémoire iri ahitwa Le Parc de Choisy.

Ambasaderi w’u Rwanda na Madamu we bashyize indabo ku rwibutso rwibutsa Jenoside yakorewe Abatutsi
TAGGED:AmbasaderiAnnefeaturedHidalgoJenosideParis
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Byagenze Bite Ngo Abageni Bakomeje Kuvugwaho Byinshi Barazwe Muri Stade?
Next Article Kwibuka27: Perezida Kagame Na Madamu Bacanye Urumuri Rw’Icyizere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Abanyarwanda Icyo Bakwiyemeza Nticyabananira- Maj Gen (Rtd) Jack Nziza

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Wa Centrafrique Ari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?