Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uyobora Paris Yashyize Indabo Ku Rwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abatutsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Kwibuka27

Uyobora Paris Yashyize Indabo Ku Rwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abatutsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 April 2021 2:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Anne Hidalgo uyobora Umurwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, yifatanyije na Ambasaderi w’uRwanda muri kiriya gihugu, Bwana François Xavier Ngarambe bashyira indabo ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri i Paris.

Abandi bari bari muri uyu muhango ni Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa Bwana, Yves Le Drian na Perezida wa IBUKA mu Bufaransa Etiénne Nsanzimana, Perezida wa IBUKA mu Bufaransa,

Madamu Anne Hidalgo uyobora Paris yigeze kuza mu Rwanda, kandi yahavuye asuye n’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi.

Kuri Twitter Madamu Anne Hidalgo  yavuze ko abatuye Paris batazibagira na rimwe abana, abagore, abagabo, abasaza n’abakecuru bazije Jenoside yakorewe Abatutsi bazira gusa ko bavutse ari bo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Indabo bazishyize mu busitani bwitwa Jardin de la Mémoire iri ahitwa Le Parc de Choisy.

Ambasaderi w’u Rwanda na Madamu we bashyize indabo ku rwibutso rwibutsa Jenoside yakorewe Abatutsi
TAGGED:AmbasaderiAnnefeaturedHidalgoJenosideParis
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Byagenze Bite Ngo Abageni Bakomeje Kuvugwaho Byinshi Barazwe Muri Stade?
Next Article Kwibuka27: Perezida Kagame Na Madamu Bacanye Urumuri Rw’Icyizere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?