Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uyu Munsi Nibwo Mbonye Amahano Ntigeze Mbona Mu Buzima- Mnangagwa Ku Rwibutso Rwa Gisozi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uyu Munsi Nibwo Mbonye Amahano Ntigeze Mbona Mu Buzima- Mnangagwa Ku Rwibutso Rwa Gisozi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 September 2022 1:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubutumwa Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yasize yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi buvuga ko ari bwo bwa mbere mu buzima bwe abonye amahano akomeye, aho yabonye uko abaturage bari basangiye igihugu bicanye, bamwe baziza abandi uko bavutse.

Mnangagwa yanditse ati: “ Uyu munsi ni wo umbereye mubi ukanambabaza mu buzima bwanjye. Ni bwo bwa mbere mbonye aho abantu bishe bagenzi babo mu buryo bubabaje cyane.”

Mnangagwa avuga ko mu masengesho ye asaba akomeje ko ibyabaye bitazongera kubaho na rimwe haba mu Rwanda cyangwa ahandi  ku isi.

Yashimye ko ubuyobozi bw’u Rwanda bwunze abaturage bashobora guhuriza hamwe imbaraga n’ubwenge ngo biteze imbere n’ubwo baciye mu mateka akomeye ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Ubutumwa Mnangagwa yasize yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ku rwibutso rwa Gisozi

Nyuma yo gusura Urwibutso rwa Gisozi, Perezida Mnangagwa yitabiriye inama yahuje abandi bakuru b’ibihugu barimo na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame

Iriya nama yaganiririwemo uko ubuhinzi bwakomeza gushyirwamo imbaraga kugira ngo Afurika izihaze mu biribwa nk’uko ari yo ntego.

Icyakora, abayobozi bavuze ko ikibazo ari uko ibivugirwa mu nama z’abayobozi biba ari byinshi kandi ari byiza ariko bikaba amasigarakicaro.

TAGGED:featuredKagameMnangagwaPerezidaZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Afurika Ifite 60% By’Ubutaka Bwera Ariko Budahingwa, Bigatuma Isonza
Next Article Umwamikazi W’u Bwongereza ARAREMBYE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?