Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Valentin Ferron Yegukanye Agace Ka Kane Ka Tour Du Rwanda, Manizabayo Aba Uwa Gatatu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Valentin Ferron Yegukanye Agace Ka Kane Ka Tour Du Rwanda, Manizabayo Aba Uwa Gatatu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 May 2021 1:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ferron Velentin ukinira Total Direct Energie yegukanye agace ka kane ka Tour du Rwanda 2021, kahagurukiye i Kimironko mu Mujyi wa Kigali kagasorezwa i Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru, mu ntera ya kilometero 123.9.

Uyu musore yakoresheje 3h13’47”, akurikirwa na Rolland Pierre ukinira B&B Hotels bakoresheje ibihe bingana, bakarushanwa gusa ibinyacumi by’ibihe.

Kera kabaye umunyarwanda yaje hafi, ubwo Manizabayo Eric ukinira Benediction Ignite yazaga ku mwanya wa gatatu akoresheje 3h13’51’’.

Undi munyarwanda waje mu icumi ba mbere ni Nsengimana Jean Bosco ukinira Team Rwanda, wakoresheje 3h14’33’’.

Ku rutonde rusange, Umunya-Colombia Sanchez Vergara ukinira Team Medellin yisubije umwenda w’umuhondo aho amaze gukoresha muri rusange 13h20’18’’. Akurikiwe n’Umunyamerika Hoehn Alex ukinira Wildlife Generation, na we umaze gukoresha 13:20’18’’.

Muri rusange abakinnyi bamaze gusiganwa ibilometero 513.6.

Abakinnyi 10 ba mbere mu gace ka kane
Abakinnyi 10 ba mbere ku rutonde rusange
TAGGED:featuredFerron VelentinImanizabayoTour du Rwanda 2021
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngarambe: Umuhanga Mu By’Ubwubatsi ‘Udasanzwe’
Next Article Uko Byagenze Ngo Yiyemeze Kuzasazira Mu Rwanda: Ikiganiro n’Umunyamerikakazi Essence
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?