Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Video:Tshisekedi Yatakambiye EAC Force Ngo Ireke GUHENGAMIRA Kuri M23
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Video:Tshisekedi Yatakambiye EAC Force Ngo Ireke GUHENGAMIRA Kuri M23

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 February 2023 12:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’inama yaraye ihuje abakuru b’ibihugu bya EAC yabereye i Bujumbura, hari amashusho yagaragaye yerekana Perezida Tshisekedi aganira n’Umunyakenya uyoboye Ingabo za EAC Force amusaba kwitwararika akirinda ko ingabo ayoboye zahinduka umwanzi w’abaturage.

Muri iyo video igaragara ku rukuta rw’umunyamakuru witwa Stan Bujakera,  Perezida Felix Tshisekedi agira ati: “ Muramenye ntimukabogamire kuri M23. Byaba bibabaje abaturage baramutse bahisemo kubarwanya. Mwaje inaha kudufasha, ntabwo mwaje kuhahurira n’ibibazo. Mwitonde rwose, kandi mugerageze kuganira n’abaturage.”

Ingabo za EAC ziri i Goma ziyobowe n’Umunyakenya witwa Gen Jeff Nyagah.

Mu kiganiro kigaragara muri ariya mashusho, Tshisekedi yari ahagararanye na Perezida wa Kenya, William Ruto, ariko asemurirwa na Sèrge Tshibangu wigeze guhagararira DRC mu biganiro iherutse kugirana n’imitwe y’abaturage ba Congo irwanya Leta byabeyere i Nairobi.

Amashusho yerekana Gen Nyagah yemeza akoresheje umutwe ko ibyo Perezida Tshisekedi avuga abyemera, ariko washishoza ugasanga Perezida Ruto we ‘ashobora kuba’ abona ibintu ukundi.

#RDC: “ne faites pas favoriser le M23. Ce serait dommage que la population s’en prenne à vous. Vous êtes venus pour nous aider et non pour avoir des problèmes. Soyez attentifs à cela, communiquez avec la population”, Félix Tshisekedi au commandant de la force régionale EAC pic.twitter.com/sBPV6oLhEn

— Stanis Bujakera Tshiamala (@StanysBujakera) February 5, 2023

TAGGED:featuredM23PerezidaRutoTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamasheke: Barashinja Ubuyobozi Kubategeka Kurandura Imboga
Next Article Gasabo: Polisi Yafashe Umugabo Wishe Abantu Bane Muri 40 Yari Yarateganyije
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

You Might Also Like

IbidukikijeMu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbukungu

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?