Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Video:Tshisekedi Yatakambiye EAC Force Ngo Ireke GUHENGAMIRA Kuri M23
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Video:Tshisekedi Yatakambiye EAC Force Ngo Ireke GUHENGAMIRA Kuri M23

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 February 2023 12:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’inama yaraye ihuje abakuru b’ibihugu bya EAC yabereye i Bujumbura, hari amashusho yagaragaye yerekana Perezida Tshisekedi aganira n’Umunyakenya uyoboye Ingabo za EAC Force amusaba kwitwararika akirinda ko ingabo ayoboye zahinduka umwanzi w’abaturage.

Muri iyo video igaragara ku rukuta rw’umunyamakuru witwa Stan Bujakera,  Perezida Felix Tshisekedi agira ati: “ Muramenye ntimukabogamire kuri M23. Byaba bibabaje abaturage baramutse bahisemo kubarwanya. Mwaje inaha kudufasha, ntabwo mwaje kuhahurira n’ibibazo. Mwitonde rwose, kandi mugerageze kuganira n’abaturage.”

Ingabo za EAC ziri i Goma ziyobowe n’Umunyakenya witwa Gen Jeff Nyagah.

Mu kiganiro kigaragara muri ariya mashusho, Tshisekedi yari ahagararanye na Perezida wa Kenya, William Ruto, ariko asemurirwa na Sèrge Tshibangu wigeze guhagararira DRC mu biganiro iherutse kugirana n’imitwe y’abaturage ba Congo irwanya Leta byabeyere i Nairobi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Amashusho yerekana Gen Nyagah yemeza akoresheje umutwe ko ibyo Perezida Tshisekedi avuga abyemera, ariko washishoza ugasanga Perezida Ruto we ‘ashobora kuba’ abona ibintu ukundi.

#RDC: “ne faites pas favoriser le M23. Ce serait dommage que la population s’en prenne à vous. Vous êtes venus pour nous aider et non pour avoir des problèmes. Soyez attentifs à cela, communiquez avec la population”, Félix Tshisekedi au commandant de la force régionale EAC pic.twitter.com/sBPV6oLhEn

— Stanis Bujakera Tshiamala (@StanysBujakera) February 5, 2023

TAGGED:featuredM23PerezidaRutoTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamasheke: Barashinja Ubuyobozi Kubategeka Kurandura Imboga
Next Article Gasabo: Polisi Yafashe Umugabo Wishe Abantu Bane Muri 40 Yari Yarateganyije
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?