Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: William Ruto Yageze mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

William Ruto Yageze mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 April 2023 12:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Kenya Nyakubahwa William Ruto yamaze kugera mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri.

Aje  mu ruzinduko rw’akazi rumara iminsi ibiri.

Kenya ifitanye umubano n’u Rwanda mu ngeri zitandukanye zirimo ubucuruzi, ubukerarugendo n’ibindi.

Mu minsi micye ishize, hari Inama yo ku rwego rwo hejuru yahuje Abanyarwanda n’Abanya Kenya ngo baganire uko imikoranire yakomeza gutezwa imbere hagati ya Kigali na Nairobi.

Itangazamakuru ryo muri Kenya rivuga ko Ruto azaganira na Kagame ku ngingo zireba umubano w’ibihugu byombi cyane cyane ku muhora wa ruguru, imikoranire mu by’ikoranabuhanga, ubuzima, guhanga udushya n’ibindi.

Perezida Ruto nibwo bwa mbere asuye u Rwanda.

Ku kibuga cy’indege cya Kigali yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta.

TAGGED:AmatorafeaturedKagameKenyaOdingaRuto
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igabanuka Ry’Ibiciro Bya Petelori ‘Ntirivuze’ Iry’Ibiciro Ku Isoko- Umuhanga Teddy Kaberuka
Next Article Autism:Ubumuga Bw’Abana Bukwiye Kwitabwaho ‘By’Umwihariko’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Ndikuriyo Yongeye Gutorerwa Kuba Umunyamabanga Mukuru Wa CNDD-FDD

Chorale De Kigali Igiye Kuyoborwa N’Umugore Kuva Yabaho

Abanyamakuru B’i Goma Baganiriye N’Ab’i Rubavu Ku Mikoranire

U Rwanda Rwatsinze Uganda Mu Mikino Ya Handball

Kuki Amasezerano Y’Amahoro Akunze Kudakurikizwa?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

Dusigaye Twishakamo Ibisubizo Ku Bibazo By’Ubuvuzi – Jeannette Kagame 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

40.1% By’Abatuye Kigali Batuye Mu Kajagari- Meya Dusengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?