Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Wine Yiyumva Nka Perezida wa Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Wine Yiyumva Nka Perezida wa Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 March 2021 7:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’Ishyaka ‘National Unity Platform, Hon Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina rya Bobi Wine uherutse guhangana na Perezida Museveni mu Matora akayatsindwa, ntiyabyemeye ahubwo muri iki gihe aganira n’abandi biyita ko ari bo bakuru b’Ibihuguc barimo na Juan Guaido wo muri Venezuela.

Ku rukuta rwe rwa Twitter, Bobi Wine yanditse ko we na ‘Perezida’ Guaido baraye baganiriye ku ngingo zirimo uko Uganda na Venezuela bateza imbere uburenganzira bwa muntu.

Yanditse ati: “ Nshimishijwe cyane no kuganira na ‘Perezida Juan Guaido’ ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu. Twaganiriye uko twahuza imbaraga ngo duteze imbere uburenganzira bwa muntu no kwishyira ukizana.”

Ubwo yari afungiye iwe, agoswe n’ingabo za Uganda, Bobi Wine yangiwe gusurwa na Ambasaderi wa USA muri Uganda.

Tariki 18, Mutarama, 2021 nibwo Ambasaderi wa USA muri Uganda  Natalie E. Brown yashatse kujya gusura Bobi Wine ariko ntiyabyemererwa.

Niwe ufatwa nk’uhanganye na Museveni kurusha abandi banyapolitiki muri Uganda
TAGGED:AmatoraAmbasaderifeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Abanyarwanda Birinda COVID-19 Bizaganirwaho Hamaze Gukingirwa 60%
Next Article Jacques Tuyisenge Ntarajya Muri Young Africans
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?