Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yashatse Kwica Ingurube Ayihushije Iramuhitana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Yashatse Kwica Ingurube Ayihushije Iramuhitana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2023 4:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo usanzwe ukora umwuga wo kubaga amatungo muri Hong Kong yarashe ingurube icyuma gityaye ngo kiyisinzirize abone uko ayibaga. Yayegereye ngo ayikinje umuruma akaguru ava amaraso kugeza apfuye.

Uwo mugabo w’imyaka 61 y’amavuko mugenzi we yamusanze amerewe nabi mu ibagiro kubera kuva amaraso menshi.

Yayirashe icyuyma bita ‘stun gun’ kibamo imbaraga zituma itungo ricika intege.

Yagize ngo yapfuye arayegera bikubitana n’uko  izanzamutse imurumana umujinya akaguru k’ubumoso irakahuranya.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mugenzi we bakorana aho mu ibagiro ry’ahitwa Sheung Shui mu Majyaruguru ya Hong Kong niwe wamusanze aho yavuye cyane.

Polisi yapimye isanga ingurube yamuteye igisebe gifite sentimetero 40 mu itako.

Bamujyanye kwa muganga ngo barebe ko yaba agihumuka ariko basanga byarangiye.

Ikigo cya Hong Kong rishinzwe umutekano w’abakozi cyatangaje ko hagiye kubaho kuvugurura amategeko agenga ubwirinzi bugenewe abakozi mu kazi.

Itangazamakuru ryo muri Hong Kong rivuga ko bitaramenyakana niba iriya ngurube yashoboye kuhivana igahunga.

- Advertisement -

Abahanga mu by’inyamaswa bemeza ko muri rusange ingurube ari inyamaswa z’inyamahoro ariko zikagira umujinya w’umuranduranzuzi iyo iri gutabara ibibwana byayo cyangwa iyo ikomeretse.

TAGGED:featuredHong KongIngurubeUmujinya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umubano Wa Polisi Yacu Niya Botswana Ushingiye Kuwa Abakuru B’Ibihugu- IGP Munyuza
Next Article Bamporiki Yaraye i Mageragere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?