Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Yishe’ Abana Be Imirambo Ayijugunya Mu Ngarani
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

‘Yishe’ Abana Be Imirambo Ayijugunya Mu Ngarani

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 January 2023 1:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku myaka 28 y’amavuko, umugabo witwa Nelson Momanyi Ontita wo muri Kenya akurikiranyweho kwica abana be babiri imirambo akayijugunya mu ngarani. Umwe muri abo bana yari afite imyaka ibiri y’amavuko undi afite imyaka 10.

Kuri uyu wa Mbere taliki 09, Mutarama, 2023 ukekwaho buriya bwicanyi yagejejwe imbere y’urukiko rw’ibanze rw’ahitwa Kiobegi muri Kisii kugira ngo asomerwe ibyo ashinjwa.

Urukiko rwategetse ko nyuma yo gusomerwa ibyo aregwa, aba asubijwe muri gereza mu gihe cy’iminsi 14 mu rwego rwo kurushaho kwegeranya ibimenyetso nk’uko byasabwe n’ubushinjacyaha.

Ubushinjacyaha bwavuze ko hari ibyo bugikusanya mu idosiye buregamo uriya mugabo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikindi  ni uko ubushinjacyaha buvuga ko uriya muntu agomba kubanza gusuzumwa uko ubuzima bwe bwo mu mutwe buhagaze.

Ukurikiranyweho buriya bwicanyi, acumbikiwe kuri station ya Polisi ya Nyangusu, akazatangira kuburanishwa taliki 23, Mutarama, 2023.

Ubwo yabazwaga icyo avuga ku byo ubushinjacyaha bwari bumaze kumusabira, uregwa ntacyo mu by’ukuri yabivuzeho ahubwo yabwiye abari aho ko akiri umwana Se yacaga Nyina inyuma.

The Nation yanditse ko ku mirambo ya bariya bana hagaragaragaho ibikomere binini mu mutwe no ku ijosi.

Uwabishe[haracyekwa Se] yabajugunye mu ngarani ituranye n’umurima w’ibigori.

- Advertisement -
TAGGED:AbanaImiramboIngaraniKenyaPolisiUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri CHOGM Mu Rwanda Haburijwemo Ibitero By’Iterabwoba
Next Article Abasirikare B’u Rwanda Batangiye Kwambara Amapeti Mu Gituza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?