Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yiyahuye Amaze Gusezerana N’Umugore We
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Yiyahuye Amaze Gusezerana N’Umugore We

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 December 2022 9:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Mwanza muri Tanzania hari inkuru y’umugabo basanze yiyahuye avuye gusezerana n’umugore we. Yiyahuye mu gihe abantu bari baje mu bukwe bwe bateguraga kujya aho abatumirwa bari bwiyakirire, icyo bita weeding reception.

Polisi ya Tanzania ivuga ko biriya bintu byabaye taliki 17, Ukuboza, 2022 ariko birinda guhita babitangaza.

Itangazo yageneye itangazamakuru rivuga ko uwapfuye yitwa Swakidu Abbas akaba yari afite imyaka 50 y’amavuko.

Yari amaze gusezerana na Elieth Rwegashora w’imyaka 40 y’amavuko.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bari basanzwe baturanye mu gace ka Zenze, muri Kiseke, Ilemera muri Mwanza ya Tanzania.

Abapolisi bo mu gace byabereyemo bavuga ko uriya mugabo yiyahuye asohotse mu musigiti gusezerana n’umugore we.

Ubwo abari babutashye bari bakomezanyije n’umugeni kugira ngo bagere ahari bubere reception, umugabo yarabacerembye abandi bagira ngo hari ikindi agiye gutunganya mbere y’uko aza mu birori byo kwakira abatumirwa, n’aho agiye kwiyahura.

Umuyobozi wa Polisi muri kariya gace witwa Wilbroad Mutafungwa avuga ko igikuba cyacitse mu bantu bituma n’ibirori byose bihagarara.

Mbere y’uko yiyahura, Abbas yasize yanditse ibaruwa yabonywe na Polisi ariko yirinda gutangaza ibiyikubiyemo.

- Advertisement -

Umurambo wajyanywe mu bitaro bya  Sekou Touré ngo hasuzumwe impamvu nyayo y’uru rupfu.

TAGGED:featuredKwiyahuraPolisiTanzaniaUmugaboUmugeniUmugoreUmukwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burera: Bafatanywe Amashashi Ya Magendu Abarirwa Mu Bihumbi…
Next Article Kicukiro: Aravugwaho Gutema Umugore We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?