Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: 30% By’Ibitunguru N’Urusenda Abanyarwanda Basarura Urangirika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

30% By’Ibitunguru N’Urusenda Abanyarwanda Basarura Urangirika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 December 2024 4:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kubera kubura aheza ho kwanika ibitunguru n’urusenda, umusaruro ungana na 30% w’ibi bihingwa urangirika.

Wangirikira mu mirima, mu nzira ujyanwa ku isoko bigahombya abahanzi.

Mu rwego rwo gukemura iki kibazo, ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, kigiye kubaka ubwanikiro by’ibyo bihingwa.

Ku cyicaro cy’iki kigo kuri uyu wa Kabiri hazubakwa ubwo bwanikiro, bakazakorwa nk’intangiriro y’ubundi nkabwo bubakwa n’ahandi mu Rwanda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Aho ni muri Nyagatare, Rulindo, Bugesera na Rubavu, buri bwanikiro bukazaba bufite agaciro ka Miliyoni Frw 800.

Ingengo y’imari yose hamwe izagenda kuri uyu mushinga ni Miliyari Frw 1.9

Mu myaka itanu ishize u Rwanda rwohereje hanze ibitunguru bingana n’ibilo 22,943,105 birwinjiriza $ 12,963,093 n’aho urusenda rwo rungana n’ibilo 8,933,641 rwinjiza $25,034,804.

TAGGED:AmafarangafeaturedIbitunguruNAEBUrusenda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Rwanda Hagiye Kubera Inama Yiga Ku Mikoreshereze Y’Impu
Next Article Rutsiro: Bashima Ko RIB Ibahugurira Kwirinda Ibyaha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?