Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Aba Cardinals 13 bashya barimo na Kambanda bahuye na Papa Benedigito XVI
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Andi makuru

Aba Cardinals 13 bashya barimo na Kambanda bahuye na Papa Benedigito XVI

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 November 2020 2:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo kwimikwa bakaba aba ‘cardinals’ ku mugaragaro, aba cardinals 13 barimo n’Umunyarwanda Antoine Kambanda bajyanye na Papa Francis guhura na Papa Benedigito XVI. Bahuriye muri chapel yitwa Mater Ecclesiae iri i Vatican hafi y’aho Papa Benedigito XVI atuye.

Papa Benedigito yeguye ku nshingano ze muri 2013.

Aba cardinals 13 barimo n’Umunyarwanda Antoine Kambanda kuri uyu wa Gatandatu nibwo bimitswe ku mugaragaro bagirwa aba cardinals. Umuhango wo kubimika wabereye muri Bazilika yitiriwe Mutagatifu Petero iri i Roma.

Buri Cardinal yahawe umugisha na Papa Benedigito XVI kandi buri wese yagombaga kujya imbere ye, hanyuma umuntu ubishinzwe akabwira Papa umwirondoro we.

Itangazo ryasohowe n’ibiro bya Papa bishinzwe itumanaho rivuga ko Papa Benedigito XVI yabwiye bariya ba cardinals ko yishimiye ko bazamuwe mu ntera ndetse abaha n’umugisha binyuze mu isengesho ryitwa Salve Regina.

Ivomo: Vatican News 

Taarifa Rwanda

 

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article L.Mushikiwabo yatangije ikigega gifasha abagore batishoboye bo muri Francophonie
Next Article AfroBAsket 2021: Amavubi Basketball Club yatsinzwe umukino warebwe na P.Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?