Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ababikira Bane Bashimuswe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ababikira Bane Bashimuswe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 August 2022 3:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu bataramenyekana bashimuse ababikira bane ubwo bari baciye mu muhanda w’ahitwa Okigwe-Umulolo bagana ahitwa Okigwe-Enugu muri Leta ya Imo muri Nigeria.

Muri iyi nzira kandi haherutse gushimutirwa abandi bihaye Imana bari mo Pasiteri mu Idini ry’Aba Methodist witwaga Rev Samuel Uche akaba yari ari kumwe n’abandi bihaye Imana bo muri iri dini.

Hashize igihe gito ibi bibaye.

Ikinyamakuru cyo muri Nigeria dukesha iyi nkuru kitwa leadership.ng.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kivuga ko ababikira bashimuswe ari Johannes Nwodo, Christabel Echemazu, Liberata Mbamalu na Benita Agu.

Itangazo ryasohowe n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Ihuriro ry’Ababikira ba Yezu Umukiza witwa Revd Sister Zita Ihedoro yasabye Abakirisitu gusengera bariya Babikira kugira ngo Imana irebe ko yabarekura bagaruka mu rugo.

Ubuyobozi bwa Leta ya Imo ntacyo buratangaza kuri iki gikorwa cy’ubugizi bwa nabi.

Leta ya IMO ni imwe mu zindi nyinshi zigize Nigeria

N’ubwo nta mutwe w’iterabwoba urigamba iki gikorwa, hari abakeka ko ari abarwanyi ba Boko Haram babikoze.

Uyu mutwe uherutse kubona umuyobozi mushya.

- Advertisement -

Ni Bakura Sahalaba wasimbuye Abubakar Shekau uherutse kwiyahura.

Icyakora hari undi mutwe w’iterabwoba witwa  Islamic State  West Africa Province (ISWAP) ukorera mu Majyaruguru ya Nigeria.

TAGGED:AbabikiraAbarwanyiBoko HaramNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikipe Ya Adrien Niyonshuti Ntiyitabiriye ‘Kibugabuga Race’ Kubera Ibibazo Na Amis Sports
Next Article Urugomero Rwa Rusumo Ruratangira Gutanga Amashanyarazi Mu Ugushyingo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?