Urutonde rwakozwe n’ikinyamakuru kitwa Rolling Stone cyo muri Amerika cyerekana ko mu bahanzi ba 200 b’ibihe byose, uwa mbere ari Umwirabura kazi witwa Aretha Flanklin. Umwe...
Abagizi ba nabi binjiye mu bitaro byitwa Stanley Hospital mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa Nigeria bashimuta abana batanu b’impinja. Guverinoma ya Nigeria ivuga ko ihangayikishijwe n’ubu...
Mu masaha ashyira ay’urukerera ku wa Kabiri , umusirikare ufite ipeti rya Corporal yagongesheje imodoka ufite ipeti rya Brigadier General aramwica. Uwakoze ibi yitwa Corporal Abayomi...
Kubera kutizera imikorere ya moteri zo mu bwoko bwitwa PW1524G-3 zikoreshwa n’indege za Tanzania zo mu bwoko bwa Airbus A220-300, ubuyoozi bw’ikigo cy’indege za Tanzania kitwa...
Mu gace ka Lagdo muri Nigeria ariko haturanye na Cameron hari inkuru mbi y’abantu barenga 600 bamaze kubarurwa ko bapfuye bazize amazi menshi yatewe n’umwuzure wakuriwe...