Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abacamanza Barasabwa Guhuza Imisesengurire Y’Imanza N’Imyandikire Yazo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbutabera

Abacamanza Barasabwa Guhuza Imisesengurire Y’Imanza N’Imyandikire Yazo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 July 2025 2:06 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida w'Urukiko rw'ikirenga Mukantaganzwa Domitilla
SHARE

Mukantaganzwa Domitilla uyobora Urukiko rw’Ikirenga asaba abacamanza ‘bose’ guhuza imitekerereze mu gusesengura imanza no kuzandika neza, akabibutsa ko bigira uruhare mu gutanga ubutabera bunoze.

Perezida w’Urukiko rw’ikirenga yabwiye abacamanza 46 bari mu mahugurwa ko kunoza ibyo byombi bigira uruhare rugaragara mu gutanga ubutabera.

Inama aba bacamanza barimo izamara iminsi itatu, ikaba yaritabiriwe n’abahagarariye abandi baturutse hirya no hino mu Rwanda.

Ni bamwe mu bakora mu Rukiko rw’Ikirenga, abo mu rw’Ubujurire, abo mu Rukiko rukuru n’abo mu rukiko rw’ubucuruzi.

Mu ijambo rye, Donatilla Mukantaganzwa yanenze ko hari aho mu mikorere y’uru rwego hagaragaramo kudahuza ibitekerezo ugasanga hafashwe icyemezo ‘kidasobanutse’ mu rubanza kandi mu by’ukuri ‘rwumvikanaga’.

Ati: “Ukabona icyemezo utazi iyo giturutse cyangwa rimwe na rimwe ugasanga hari igihe dufite ibibazo bijya gusa ariko ugasanga intekerezo mu rwego rw’amategeko ituganisha ku cyemezo atari imwe”.

Kuri we, amahugurwa agenewe abacamanza agira uruhare mu konoza imikorere yabo, ibitagenda neza bikanozwa.

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga asanga amahugurwa nk’ariya aha abayitabiriye kwibukiranya uko umucamanza azajya abona kopi y’urubanza  rw’Urukiko rw’Ikirenga, iy’Urukiko rw’Ubujurire, Urukiko Rukuru, Urukiko Rwisumbuye n’Urukiko rw’Ibanze, akabona, mu buryo bunonosoye isano izo kopi zifitanye.

Ni ikintu Mukantaganzwa asanga kizajya gituma umucamanza abona ko ibikubiye muri ayo madosiye bifitanye isano kuko n’Urwego aba yaturutsemo ari rumzwe, ari urwo kurenganura abantu.

Ikindi aba bacamanza basabwe ni ukumva inshingano zabo byimbitse bityo bakazafasha mu kwigisha bagenzi babo mu rwego rwo kugira hatangwe ubutabera buboneye.

TAGGED:DonatillafeaturedMukantaganzwaUbutaberaUbutegetsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bikunze Ubushinwa Bwazajya Buteranyiriza Mu Rwanda Imodoka Z’Amashanyarazi
Next Article Umuholandi Ukomeye Mu Gusiganwa Ku Magare Yivanye Muri Tour du Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?