Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abafana Ba APR Bakoze Impanuka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Abafana Ba APR Bakoze Impanuka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 August 2024 11:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana ahitwa Nyagasambu habereye impanuka yakomerekeyemo abafana ba APR FC bari berekeje muri Tanzania.

Mu ijoro ryakeye nibwo yabaye ariko ntiyari ikomeye cyane kuko ku bw’amahirwe abantu bakomeretse gusa.

Abo bafana bari bagiye muri Tanzania aho ikipe yabo yitegura kuzakina na AZAM FC, umukino ukazaba mu mpera z’Icyumweru kizarangira taliki 18, Nyakanga, 2024.

Mu rwego rwo kugira ngo bagere yo kare, hari bamwe muri bo bahisemo kugenda hakiri kare.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubwo bari bageze i Nyagasambu nibwo baje kugongwa n’ikamyo yabakubitiye mu rubavu, yangiza imodoka.

Imodoka y’ikigo Matunda Express yari itwaye abo bafana ibajyanye ku mupaka wa Rusumo ngo bafate indi ibakomezanya muri Tanzania niyo yaje gusagarirwa n’iyo kamyo.

Amakuru avuga ko bamwe muri abo bakomeretse bajyanywe kuvurirwa mu bitaro bya Gisirikare by’u Rwanda biri mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro, imodoka bari barimo irahindurwa, hazanwa indi.

Umukino wa APR FC na AZAM FC uzabera  i Dar es Salaam taliki ya 18 Kanama 2024 saa kumi n’imwe (17h00).

Kuri uyu wa Gatanu taliki 16, Kanama, 2024 nibwo APR FC izerekeza aho uwo mukino uzabera.

- Advertisement -

[email protected]

TAGGED:APRFCImpanukaNyagasambuUmukino
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Ibinyabiziga Bigiye Gukoresha Amavuta Atangiza Moteri
Next Article Nyanza: Aravugwaho Gufatanya N’Inshoreke Ye Akica Umwana We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?