Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Umugore Yishe Umugabo We Nawe Ariyahura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Musanze: Umugore Yishe Umugabo We Nawe Ariyahura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 April 2025 12:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Taarifa Rwanda yamenye amakuru y’uko ubushyimirane bushingiye ku ikoreshwa nabi ry’umutungo bwateye umugore kwica umugabo we amutemye nawe arimanika.

Bari batuye mu Mudugudu wa Gacondo, Akagari ka Rubindi, Umurenge wa Gataraga muri Musanze.

Umugabo wishwe ni Hagenimana Innocent, umugore we akitwa Umutoni Francoise.

Abana babo nibo batabaje abaturanyi binyuze ku gutelefona, abantu baraza bica urugi basanga umugore ari mu mugozi yiyahuye, umugabo nawe yapfuye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abo bana ni Igenibyiza Peace maker w’imyaka umunani na murumuna we w’imyaka itatu witwa Isumbabyose Ishimwe Patient.

Abo bana basobanuriye abaje kubatabara ko Nyina yabatumye agasuka k’umuturanyi ko bari bukoreshe mu kubagara ibishyimbo, bamaze kukamuha nibwo yababwiye ngo bajye kuryama bazarya ejo.

Se yari amaze igihe agurishije ishyamba ahuriyeho na bashiki be, amafaranga avuyemo ayarya wenyine.

Ibyo ngo nibyo byateje ubushyamirane bwaje kuvamo ubwo bwicanyi.

Umuyobozi w’Akarere ka Musanze Nsengimana Claudien yahumurije abaturage, abasaba kwirinda amakimbirane yo mu miryango, naho agaragaye bagatangira amakuru ku gihe, abizeza ko Akarere kabafasha ibishoboka mugutwara imirambo no kuyigarura kugira ngo ishyingurwe.

- Advertisement -

Imirambo yajyanywe ku bitaro bya Ruhengeri ngo isuzumwe.

TAGGED:AbanafeaturedKwiyahuraMusanzeUmutungo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nigeria: Bahangayikishijwe N’Uko Perezida Yaba Arwariye Mu Bufaransa
Next Article Burera: Bategereje Inkunga Polisi Yabemereye Bakayibyaza Umusaruro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?