Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abafite Ubwenegihugu Bwa Canada, Ubwongereza… Bari Mu Bashakaga Guhirika Tshisekedi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abafite Ubwenegihugu Bwa Canada, Ubwongereza… Bari Mu Bashakaga Guhirika Tshisekedi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 June 2024 11:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imbere y’urukiko rukuru rw’i Kinshasa haherutse kubera urubanza rubanziriza urwo mu mizi ubushinjacyaha bwa gisirikare buregamo abantu 50 bashakaga guhirika ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi bigapfuba.

Abitabye icyo gihe barimo abakomoka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ariko bafite ubwenegihugu bw’Ubwongereza, Amerika, Canada n’Ububiligi.

Ibyo baregwa nibibahama bazahanishwa urwo gupfa nk’uko iki gihano giherutse kwemezwa ko gikwiye gutangira gushyirwa mu bikorwa.

Taliki 19, Gicurasi, 2024 nibwo abantu bari bambaye gisirikare bagabye igitero ku rugo rwa Vital  Kamerhe bashaka kumuhitana ariko bica abapolisi babiri bamurindaga.

Nyuma bakomereje ku Biro by’Umukuru w’Igihugu binjiramo batangira gucisha ku mbuga nkoranyambaga amashusho y’ibyo bakoraga ariko ntibatinze gufatwa n’ingabo zirinda Umukuru w’igihugu.

Uwari ubayoboye witwa Christian Malanga we yararashwe arapfa.

Umwe mu baburanira uregwa muri uru rubanza ufite ubwenegihugu bwa Amerika yabwiye Reuters ko hakiri kare ko bagira icyo bavuga ku cyifuzo batanze cy’uko uwo Munyamerika yakoherezwa iwabo akaba ari ho aburanishirizwa.

TAGGED:AbangorezaCanadafeaturedGuhirikaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article HCR Yongeye Gushaka Kubangamira Ibyo Kuzana Abimukira Mu Rwanda
Next Article Visi Perezida Wa Malawi Yapfanye N’Abantu Icyenda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?