Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abagororwa B’Abanyarwanda Basaba Imbabazi Abo Bahemukiye Bakiyunga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abagororwa B’Abanyarwanda Basaba Imbabazi Abo Bahemukiye Bakiyunga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 January 2023 7:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gutanga ubutabera binyuze mu bwiyunge no kubaka amahoro, Guverinoma y’u Rwanda yatangije uburyo bwo gusaba imbabazi bikozwe n’uwahemutse bityo uwahemukiwe akamubabarira, bakiyunga kandi bigakumira ubucucike mu magereza.

Abayobotse ubu buryo bavuga ko kwemera icyaha ukagisabira imbabazi byabatumye bagabanyirizwa  uburebure bw’igifungo kandi bituma umutima uruhuka.

Umwe muri abo witwa Uwitwa Uwera Claudine warekuwe yabwiye bagenzi bacu ba RBA ati: “Nari kuzamara imyaka itatu ariko ubu bangiriye impuhwe maze amazi 10 kandi ngiye gusubira mu rugo. Rero ndashishikariza bagenzi banjye kugira ubwumvikane.”

Si abaregwa bavuga akamaro k’ubwumvikane bonyine, ahubwo n’abunganira abandi mu mategeko barabushima.

Bavuga ko ubwumvikane butuma abakiliya babo bemera icyaha ntibatinde mu manza.

Icyakora bo basanga hari imbogamizi zikiri muri ubu buryo bwo gutanga ubutabera.

Zirimo iz’uko ubwumvikane budakoreshwa ku byaha byose kandi ntibiragera mu gihugu hose k’uburyo aho waba uri hose waburana muri ubu buryo.

Icyakora umuvugizi w’Inkiko, Mutabazi Harrison avuga ko buriya buryo bukiri mu igeragezwa.

Kubera iyo mpamvu, asanga mu gihe kiri imbere izo mbogamizi zizavaho binyuze mu kunoza imigendekere ya buriya buryo ndetse n’ubuso bw’aho bukuroshwa.

Akamaro k’ubu buryo karaye kagaragaye kubera ko abagororwa bagera kuri 71 baburaniraga mu nkiko baraye barekuwe binyuze muri ubwo buryo.

TAGGED:AbagororwafeaturedImanzaInkikoMutabazi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yahuye N’Abo Mu Muryango We Nyuma Y’Imyaka 66 Baraburanye
Next Article Ingabo Za DRC Zivuga Ko Zaretse M23 Ifata Umujyi Wa Kitshanga ‘Ku Bushake’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yajyanywe Kuri RIB Nyuma Yo Gushaka Kwiyahura Bikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi Rusange

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Bigenda Gute Ngo Umubiri Wakomeretse Wisane?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?